• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Bamwe mu barwanyi bo muri Wazalendo biyunze n’umutwe wa m23 uwo barwanyaga urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ni igikorwa aba barwanyi ba Wazalendo bakoze uyu munsi kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/03/2025, aho cyabereye i Kanyabayonga muri teritware ya Lubero.

Nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga, kwakira bariya Wazalendo biyunze kuri uyu mutwe wa m23, ni umuhango wayoboywe n’umusirikare wa m23 witwa Nsabimana Samuel, ufite ipeti rya Colonel.

Mu kubakira yabashimiye kuba bahisemo neza, ababwira ko kuva inyuma ya FARDC ari ubutwari bukomeye, ngo kuko atari abasirikare, huhwo ko ari abajura n’abarimbuzi b’igihugu.

Yongeyeho kandi abizeza kuzagira ubuzima bwiza muri m23, kandi ko bazambikwa neza, ndetse no kugaburirwa.

Ababwira ko ibyo bazabihabwa kugira ngo babashe kurwanirira “ubwingenge bw’abenegigu bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Aba barwanyi nabo, bavuze ko baje kwifatanya n’uyu mutwe mu rugamba rwo kubohora iki gihugu, kandi bavuga ko bagaye imiyoborere mibi y’ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Mu cyumweru gishyize, ahagana mu mpera zacyo, nabwo kandi uyu mutwe wa m23 wakiriye abandi barwanyi benshi baje bava muri Wazalendo. Bakaba baraje bavuga ko baje kwifatanya n’uyu mutwe kugira bakureho ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Imyaka itatu irashize, m23 yubuye intwaro, aho ihanganye n’ingabo za Leta ya Congo, kuri ubu imaze kwigarurira hafi igice cyose cy’u Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu gihe ubwo yari igitangira urugamba rugikubita yahise ifata umujyi wa Bunagana wo muri teritware ya Rutshuru.

Kuri ubu uyu mutwe ugenzura umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’uwa Bukavu nawo ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Nanone kandi ukomeje kwagura ibirindiro byawo, kuko ubu ukomeje kwirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, muri za teritware ya Uvira, Walungu, Mwenga na Fizi n’ahandi.

Tags: BiyunzeKanyabayongaM23Wazalendo
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.

I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?