• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Bamwe mu barwanyi bo muri Wazalendo biyunze n’umutwe wa m23 uwo barwanyaga urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ni igikorwa aba barwanyi ba Wazalendo bakoze uyu munsi kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/03/2025, aho cyabereye i Kanyabayonga muri teritware ya Lubero.

Nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga, kwakira bariya Wazalendo biyunze kuri uyu mutwe wa m23, ni umuhango wayoboywe n’umusirikare wa m23 witwa Nsabimana Samuel, ufite ipeti rya Colonel.

Mu kubakira yabashimiye kuba bahisemo neza, ababwira ko kuva inyuma ya FARDC ari ubutwari bukomeye, ngo kuko atari abasirikare, huhwo ko ari abajura n’abarimbuzi b’igihugu.

Yongeyeho kandi abizeza kuzagira ubuzima bwiza muri m23, kandi ko bazambikwa neza, ndetse no kugaburirwa.

Ababwira ko ibyo bazabihabwa kugira ngo babashe kurwanirira “ubwingenge bw’abenegigu bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Aba barwanyi nabo, bavuze ko baje kwifatanya n’uyu mutwe mu rugamba rwo kubohora iki gihugu, kandi bavuga ko bagaye imiyoborere mibi y’ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Mu cyumweru gishyize, ahagana mu mpera zacyo, nabwo kandi uyu mutwe wa m23 wakiriye abandi barwanyi benshi baje bava muri Wazalendo. Bakaba baraje bavuga ko baje kwifatanya n’uyu mutwe kugira bakureho ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Imyaka itatu irashize, m23 yubuye intwaro, aho ihanganye n’ingabo za Leta ya Congo, kuri ubu imaze kwigarurira hafi igice cyose cy’u Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni mu gihe ubwo yari igitangira urugamba rugikubita yahise ifata umujyi wa Bunagana wo muri teritware ya Rutshuru.

Kuri ubu uyu mutwe ugenzura umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’uwa Bukavu nawo ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Nanone kandi ukomeje kwagura ibirindiro byawo, kuko ubu ukomeje kwirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, muri za teritware ya Uvira, Walungu, Mwenga na Fizi n’ahandi.

Tags: BiyunzeKanyabayongaM23Wazalendo
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.

I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?