• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.
161
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Uvira Wazalendo benshi bitandukanyije na Leta biyunga kuri Twirwaneho.

You might also like

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Umutwe wa Wazalendo wo muri Kivu y’Amajyepfo, uwahoraga urwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, witandukanyije nayo wiyunga kuri Twirwaneho iyobowe na Brigadier General Charles Sematama nayo ibarizwa muri AFC ya Corneille Nangaa.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umunyapolitiki wo muri iri tsinda ryitandukanyije na Wazalendo muri Kivu y’Epfo, Joel Namunene, aho avuga ko biyonkoye kuri Wazalendo iyobowe na Lt.Gen.Pacifique Masunzu, nawe wungirijwe na Justin Bitakwira Bihona ndetse na minisitiri wibikorwa remezo muri RDC, Muhoza Alexis Gisaro, kugira ngo bashireho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Yagize ati: “Ndabasuhuje, mwebwe badata, ba mama, barumuna bacu namwe bashiki bacu bo muri teritware ya Uvira. Njye ubasubuza nitwa Joel Namunene Muganguzi.”

Yakomeje agira ati: “Ndashaka kubabwira ukuri ku ntambara iri kubera muri iki gihugu cyacu, iyo twese tubona ko iri gusatira umujyi wa Uvira. Twatangije undi mutwe witwara gisirikare witwa UFRC-Mai Mai, ugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi. Kandi turi kumwe na Gen.Charles Sematama wo muri Twirwaneho.”

Uyu munyapolitik wo muri uyu mutwe mushya wavutse muri teritware ya Uvira, yavuze ko umuyobozi mukuru wawo ko ari “Katare Robert Rushaba,” ariko ko bazakorera munsi y’ubuyobozi bwa Alliance Fleuve Congo (AFC) ya Corneille Nangaa.
Maze ashimangira ko intego nyamukuru zabo ko ari ugukuraho Tshisekedi bagashyiraho undi mukuru w’igihugu mushya.

Mu bibazo yavuze bafite imbere yabo muri teritware ya Uvira, yagaragaje ko ari Mai Mai iyobowe na Lieutenant General Masunzu na Justin Bitakwira bagishigikiye Leta ya perezida Felix Tshisekedi.

Niko guhita asaba abatuye i Uvira ku bashigikira, kandi bagashigikira na Brigadier General Charles Sematama uzwi nk’Intare-batinya mu misozi miremire y’i Mulenge.

Yavuze kandi ko uruhande arimo, rurimo Ababembe, Abapfulero, Abanyamulenge n’andi moko, bityo asaba Abanye-Congo bose guhaguruka bakarwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa kugira ngo bashyiraho ubundi butegetsi bushya.

Abivuze mu gihe mu Rurambo ho mu misozi ya Uvira, hamaze kugera abarwanyi bo mu mutwe wa m23 ufatanyije na Twirwaneho.
Kuri ubu aba barwanyi b’impande zombi bareba igice kinini cya Rurambo, ikizwi ko kiri hejuru y’u mujyi wa Uvira.

Bivuze ko umwanya uwo ari wo wose, aba barwanyi bofata i Uvira.

Tags: AFCI UviraTwirwanehoWazalendo
Share64Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda n’u Burundi mu nzira zo kumara impaka hagati yabyo.

U Rwanda n'u Burundi mu nzira zo kumara impaka hagati yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?