• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abarwashaka Bishaka Rya NRM, Bakomeje Kwandika Kubyapa Baturira Perezida Museveni Gukira Vuba.

minebwenews by minebwenews
June 12, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwanashaka nabatera inkunga umugambwe uri kubutegetsi mugihugu ca Uganda NRM, bakomeje kwifuriza Perezida Yoweli Kaguta Museveni gukira vuba.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 12.06.2023, saa 12:12pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wa gatandatu, umugabo yanditse ubutumwa bwiza buvuga kuri Perezida Kaguta Museveni, maze ashiraho n’Ibendera rya NRM. Ubwo butumwa bwavugaga ngo “Perezida Yoweli Kaguta Museveni, akire kandi bibe vuba.” Ibi byabereye mugace ka Nakasero i Kampala.

Kuruyu wa gatatu w’icyumweru gishize, nibwo Perezida Yoweli Kaguta Museveni yipimishije Covid-19, asanga arayifite nimugihe yarimo agaragaza Ibimenyetso byayo.

Abashyigikiye Perezida Museveni n’abayoboke b’ishyaka rya NRM bifurije Perezida Museveni gukira vuba mu gihe arwaye Covid-19.

Abashyigikiye National Resistance Movement (NRM), bayobowe na Komiseri wungirije w’Umujyi wa Rubaga, RCC Anderson Burora hamwe n’umuyobozi wa Kampala Central LC3, Salim Uhuru, ntibemerewe kwinjira mu nzu ya Leta i Nakasero. Ahubwo bashyize indabyo ku irembo, maze bafata umwanya munini basengera Perezida Museveni gukira vuba, barangije kandi bashiraho ibendera ku rukuta aho abamushyigikiye banditse ubutumwa buvuga ngo: “Perezida Museveni akire vuba.”

Perezida Museveni, bakimara kumutoramo COVID-19, tariki 07.06.2023, bamutegetse kuja mukiruhuko.

Ubwo bamufatagaho ibizamini bya COVID-19 babifashe mungero zitatu bivanye nabayobozi bahura.

Gusa Muganga Dr Atwine aheruka gutangaza ko Perezida Museveni afite ubuzima bwiza.

Uwahoze ari Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta aganira n’umunyamakuru, yavuze ko atigeze abona Perezida arwara.
Uhuru yagize ati: “Ni ubwa mbere ariko muri rusange, ni ubufatanye dufitanye nk’Abagande kumwifuriza gukira vuba kandi tuzi neza ko Perezida yabaye ku isonga mu kurwanya Covid-19.”

Yongeyeho ati: “Yafashe ingamba zose kugira ngo arwanye Covid-19 ariko kubera ibikorwa yagiye akora, ahura n’abantu benshi hirya nohino biri mubyatumye yandura.

Naho Bwana Burora yahamagariye abifuriza ibyiza bose kubigaragariza Perezida Museveni avuga ko umuco wo muri Afrika wogusura abarwayi uhoraho ati: “Perezida yagiye atugezaho amakuru ku bijyanye nuko ahagaze ikindi mwozana indabyo zigaragariza Perezida Museveni impuhwe mumufitiye.”

Kuruyu wa gatandatu, Perezida Museveni yavuze ko yari amaze iminsi itatu arimukato mu rugo rwe kubera COVID-19.

Yagize ati : “Ndimukato ka COVID-19 murugo rwanjye iminsi itatu irashize nkomeza gukurikirana akazi kanjye . Mwijoro naratitiye ariko buke nkongera nkababara mumuhogo no k’umeneka umutwe.”

Ibi nibyo Perezida yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter. Yongeyeho ati: “Ngira umuriro mwinshi nogukorora ariko ubwenge busanzwe bunyibutsa ko ntahungabanye.”

Bwana Museveni yagize ati: “Buri gihe nirinda ibintu bishobora kuzana ubuzima bubi, atari ukubera ko ntinya kurwara ahubwo ni uko nanga kubura imbaraga zokurwana urugamba rwo guharanira ubwisanzure bwa Afrika.”

Perezida yongeyeho ati: “Sinageze kumunsi w’intwari wokuruyu wa gatanu, aho umukobwa wacu Robinah Nabbanja Minisitiri w’intebe yarafite akazi gakomeye; Ntabwo nashoboye guhura n’abashyitsi nari natumiye ubwo nari mvuye mu gihugu cya UAE (United Arab Emirates), kandi nahagaritse gahunda yanjye yo kujya i Kisozi, kureba Inka zanjye.”

Museveni ati: “Kubwibyo, ubuzima ntabwo ari ubutunzi gusa ahubwo ni kimwe mu ntwaro turwanisha urugamba.”

Tags: AbarwanashakaBasabira MuseveniGukira VubaNRMUganda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

ROME: Italian Former Prime Minister And MFE Empire Owner Silvio Berlusconi Passes Away At The Age Of 86.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?