• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasaga ijana mungabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba ba komoka Kenya, buriye Indege bagana i Nairobi.

minebwenews by minebwenews
December 3, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ahagana isaha z’igitondo cyokuri uyu wa 03/12/2023, abasirikare basaga ijana(100), bo mungabo za kenya bari mu butumwa bwo ku bungabunga Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, buriye Indege bagana iwabo i Nairobi muri Kenya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Iz’inku zabasirikare ba Kenya zatangiye gutangazwa kuri uyu wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, n’inyuma y’uko umugaba Mukuru waziriya Ngabo za EACRF Gen Francis Ogolla, muririjoro ryo k’uwa Gatandatu rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 03/12/2023, yashimiye ingabo ayoboye z’umuryango wa EAC mu Burasirazuba bwa RDC ko bakoze inshingano zabo.

Aho yagize ati: “Iyo umaze guhabwa inshingano haba hasigaye ko ukora ibisabwa byose ngo wuzuze ibyo washinzwe gukora. Tugomba kubaha ibyo dushizwe kandi tugaharanira indangagaciro zacu mu mucyo mwiza.”

Yakomeje agira ati: “Inshingano twahawe twarazikoze uko dushoboye.”

Bikaba byamaze kumenyekana ko bariya basirikare bo muri Kenya barenga ijana ko bamaze kuva k’ubutaka bwa RDC. Gusa ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba EAC zorangije Manda yazo tariki 08/12/2023. Kuva rero kwaziriya Ngabo umunsi nyirizina utaragera ngo biva ku gitutu bashizweho n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bushinja ingabo za EACRF ko zitujuje inshingano zobo nk’uko leta y’iki gihugu ibishaka nimugihe bifuza gako barwanya M23.

Ntabyinshi biratangazwa kuriki ciciro cyambere c’ingabo za Kenya zavuye muri RDC ngohabe hamenyekana igihe abandi bazazingurira.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasaga ijana mungabo za EACRF buriye IndegeKenyaNairobi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu byapolitike, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko bagiye kwisubuza ibice Ingabo za Kenya zabagamo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?