• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk’intwaro.

minebwenews by minebwenews
June 20, 2025
in World News
0
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk’intwaro.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Igihugu cy’u Bushinwa cyavumbuye ikorana buhanga rishya bwakwifashisha nk’intwaro yabangamira indege z’ibindi bihugu bibanye na bwo nka mu keba.

Amakuru agaragaza ko iryo korana buhanga ari rya 6G. U Bushinwa bwa ryifashisha nk’intwaro yabangamira indege z’intambara za Amerika zo mu bwoko bwa F-35.

Nk’uko aya makuru abisobanura ni uko 6G ari ikorana buhanga rirenze irya 5G naryo ryakozwe n’u Bushinwa. Iri rya 6G rizarushaho kuba ryihuta, kandi rifite ubushobozi bwo kohereza amakuru menshi cyane, ndetse kandi rishobora gukoreshwa mu bintu byinshi birimo:

-Imashini zikoreshwa ubwenge bw’ubukorano buzwi nka Al

-Iterambere ry’itwaro n’ubwirinzi

-Ikorana buhanga ry’itumanaho ryihuse cyane nka satellite n’indege z’intambara.

Mu makuru abashakashatsi bo mu Bushinwa bashyize hanze avuga ko bakoze intwaro ya 6G ishobora kohereza ibimenyetso by’ikorana buhanga bifite ubushobozi bwo kubangamira cyangwa gupfubya imikorere y’indege z’intambara za F-35.

Bikaba bisanzwe bizwi ko izi ndege zikorwa na Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Zizwiho gukoresha ikorana buhanga no kugaba ibitero mu buryo budasanzwe.

Ubundi kandi ibyo bimenyetso by’ikorana buhanga bishobora kwivanga mu miyoborere ya radio, Grps cyangwa radar ikoreshwa n’izo ndege.

Rero, ibi bikaba byatuma izo ndege zitabasha kubona aho ziri, cyangwa ntizimenye aho umwanzi ari, ndetse ntizibashe gutunga n’amakuru neza.

Tags: 6GF-35Ikorana buhangaU Bushinwa
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.

Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?