• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe abasirikare ba Fardc bari bihishe.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2025
in Regional Politics
0
I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe abasirikare ba Fardc bari bihishe.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Abarwanyi bo mu mutwe wa m23 bafashe abasirikare ba Fardc bagera ku 130 bari bamaze iminsi bihishe mu bitaro i Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni bikubiye mu itangazo uyu mutwe wa m23 washyize hanze, aho wavuze ko abantu babarirwa mu 130 umuryango w’Abibumbye wise abarwanyi ugashinja m23 kubashimuta ukabavana mu bitaro by’i Goma bari barwariyemo ari abasirikare ba Leta y’i Kinshasa (FARDC).

Ku wa mbere w’iki cyumweru nibwo umuryango w’Abibumbye biciye mu muvugizi w’ishami ryawo rishyinzwe uburenganzira bwa muntu, washinje m23 gushimuta abo bantu.

Uyu muvugizi yavuze ko abo barwayi barimo n’inkomeri m23 yabashimuse mu bitaro bya CBCA Ndosho n’ibya Health Africa, mu ijoro ryo ku itariki ya 28/02/2025.

Mu tangazo m23 yaraye ishyize hanze mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane, ivuga ko abo ishinjwa gushimuta ari abasirikare ba Fardc bari bagiye kwihisha mu bitaro bigize abarwayi.

Muri iryo tangazo uyu mutwe wa m23 wagize uti: “Umuryango wacu ntabwo wigeze utera amavuriro, insengero, amashuri cyangwa izindi nzego z’abaturage. Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye ni umusaruro w’ibinyoma bigamije gusiga icyaha isura y’umuryango wacu.”

M23 yavuze ko operasiyo yakozwe mu guhiga abasirikare 130 ba Fardc bari bihishe mu bitaro yakozwe mu mahoro, kandi ikorwa mu buryo bwubahirije amategeko mpuzamahanga arengera ikiremwa muntu.”

Ivuga kandi ko intego y’ibanze yogukora iriya operasiyo yari ukugira ngo itekanishe amavuriro yari yuzuye abarwanyi bari bigize abarwayi, ibyashoboraga gushyira mu bibazo abaganga n’abarwanyi basanzwe.

Ikindi n’uko m23 yagaragaje ko mbere yuko ikora iriya operasiyo yabanje kubimenyesha abaganga bakorera muri ibyo bitaro.

Tags: FardcGomaIbitaroM23
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi yari yizeye kuzamura ibendera rya RDC i Kigali, ibyavuzwe na Kabarebe.

Tshisekedi yari yizeye kuzamura ibendera rya RDC i Kigali, ibyavuzwe na Kabarebe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?