• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba FARDC, M23 yari yaragoteye i Goma batangiye koherezwa i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2025
in Regional Politics
0
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba FARDC, M23 yari yaragoteye i Goma batangiye koherezwa i Kinshasa.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Abasirikare bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abapolisi b’iki gihugu, umutwe wa M23 wari waragoteye i Goma mu Burasizuba bwa Congo batangiye koherezwa i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Congo.

Mu kwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025, ahagana mu mpera zako, ni bwo aba basirikare n’abapolisi bari barahungiye mu bigo by’ingabo z’umuryango w’Abibumbye i Goma. Hari nyuma y’aho zitsinze na M23.

Nk’uko bisobanurwa nuko ubwo M23 yafataga umujyi wa Goma abasirikare ba Leta y’i Kinshasa babarirwa mu 3,000 ni bo bafashe icyemezo cyo guhungira kuri Monusco.

Ni icyemezo bafashe nyuma y’amasaha make M23 itanze igihe ntarengwa cy’amasaha 48 ku ngabo zari i Goma, ngo zibe zamaze gushyira imbunda zabo hasi.

Izi ngabo rero kuri ubu zabaga mu mujyi wa Goma zatangiye koherezwa mu mujyi wa Kinshasa, bigizwemo uruhare na komite mpuzamahanga ya Crois-Rouge iri guherekeza imodoka zitwaye ziriya ngabo n’abapolisi.

Iki gikorwa kikaba cyatangiye kuri uyu wa gatatu tariki ya 30/04/2025.

Umuyobozi wa Crois-Rouge muri Congo, Francois Mereillon, yatangaje ko bemeye gutanga ubufasha bwo gucyura ziriya ngabo nyuma yo kwitabazwa n’inzego zirimo minisiteri y’ingabo za Congo, Monusco ndetse na M23 zabasabye kuba “umuhuza udafite uruhande abogamiyeho.”

Uru rwego ruvuga ko nta mabwiriza rwigeze rushyiraho nyuma yo kugezwaho buriya busabe, ko ahubwo rwemeye gutanga umusanzu wo gufasha muri kiriya gikorwa.

Rwunzemo ko mbere yo gutangira gucyura ziriya ngabo, minisiteri y’ingabo za Congo, Monusco na M23 bemeye ‘kubungabunga umutekano w’abariya basirikare n’abapolisi bari mu modoka, no guharanira ko icyo gikorwa kigenda neza.

Aba basirikare batangiye koherezwa i Kinshasa nyuma y’amasaha make ingabo z’u muryango wa SADC zabaga muri uyu mujyi wa Goma ari nazo zari zicyumbikiye aba RDC zitangiye gucyurwa mu bihugu byabo zinyuze ku butaka bw’u Rwanda.

Izi ngabo z’impande zombi zari zariyambajwe na Leta y’i Kinshasa kugira ngo ziyirwanirire, ariko ziratsindwa.

Tags: FardcGomaKinshasa
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Congolese Soldiers and Police, Defeated by M23, Begin Repatriation from Goma to Kinshasa Under Red Cross Escort

Congolese Soldiers and Police, Defeated by M23, Begin Repatriation from Goma to Kinshasa Under Red Cross Escort

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?