Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano, M23 kandi yafashe utundi duce turi mu mwinjiro wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 25, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano, M23 kandi yafashe utundi duce turi mu mwinjiro wa Goma.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abasirikare 9 bo mu ngabo z’umuryango w’Abibumbye(MONUSCO) bakomerekeye mu nkengero z’umujyi wa Goma, ndetse kandi umutwe wa M23 wigaruriye agace ka Kibati na Kilimanyoka turi hafi n’umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ubuyobozi bwa MONUSCO n’ibwo bwemeje ko abasirikare babo bakomerekeye ku rugamba, kandi ko bajanywe ku bitaro i Goma kugira ngo bitabweho.

Itangazo ryayo yashyize hanze, rivuga ko batanu bakomerekeye mu mirwano yo ku wa Gatanu, mu gihe abandi bakomerekeye mu nkengero za Sake mu mirwano yabaye ku wa kane.

Iz’i ngabo za MONUSCO zanatangaje ko zikomeje kuba mu ruhande rwa FARDC kugira ngo bayifashe kurinda umujyi wa Goma ntufatwe na M23.

Yavuze ko barinda umujyi wa Goma amanywa n’ijoro.

Yongeyeho kandi ko bari kwifashisha indege z’intambara no gutera ibisasu biremereye kugira ngo babashe kwisubiza Sake n’utundi duce.

Umutwe wa M23 uheruka kuburira ingabo za MONUSCO n’iza SAMIDRC ko nizivanga mu mirwano na zo ziraswa.

Mu itangazo uyu mutwe washyize hanze wagize ati: “Ibimenyetso byose birerekana ko MONUSCO na SAMIDRC bitegura kudutera, ku bw’iyo mpamvu turirwanaho.”

Uyu mutwe kandi wagaragaje ko ufite gahunda yo gufata umujyi wa Goma, ndetse kandi abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kwigarurira uduce twinshi aho ndetse no muri iki gitondo bafashe agace ka Kilimanyoka na Kibati.

Utu duce twombi twafashwe tukaba duherereye mu mwinjiro w’umujyi wa Goma uturutse mu bindi bice byo muri teritware ya Nyiragongo.

Ni mu gihe ku rundi ruhande indi mirwano yazindutse ibera muri Mugunga mu nkengero z’uyu mujyi wa Goma.

Umunyabanga mukuru wa LONI, Antonio Guterres, yatangaje ko iyi ntambara ishobora gukomeza kandi ko ishobora gukwira akarere kose iki gihugu cya RDC giherereyemo.

Tags: GomaM23Monusco
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Urujijo ku mugabo w’Umunyamulenge wafunzwe mu Bibogobogo.

Urujijo ku mugabo w'Umunyamulenge wafunzwe mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?