• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urujijo ku mugabo w’Umunyamulenge wafunzwe mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
January 25, 2025
in Regional Politics
0
Urujijo ku mugabo w’Umunyamulenge wafunzwe mu Bibogobogo.
110
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urujijo ku mugabo w’Umunyamulenge wafunzwe mu Bibogobogo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Colonel Ntagawa Rubaba ukuriye i batayo y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ireba agace ka Bibogobogo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo yafunze umugabo w’Umunyamulenge amuziza ibyo bavuga ko bidasobanutse, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25/01/2025, ni bwo ingabo zo muri batayo iyobowe na Col.Ntagawa zafashe umugabo w’Umunyamulenge wo mu Bibogobogo witwa Minyati w’Umunyabyinshi zija ku mufungira mu ikambi yazo irahitwa ku Musaraba.

Abasirikare mu gufata Minyati basobanuye ko bamufunze kubera ko yigeze kwiba imbunda y’umusirikare wa Leta, bityo ko ari cyo cyaha gitumye afungwa.

Amakuru akavuga ko “iyo mbunda uyu mugabo atayibye, hubwo ko yayiguze n’uwo musirikare, ariko ko yayimaranye igihe cy’amezi abiri gusa, ubundi iza gusubizwa uwo musirikare wa Leta wari wayigurishije.”

Bikavugwa ko Minyati yari yayiguze n’uriya musirikare 100$.

Aya makuru akomeza avuga ko uwo musirikare yayishubijwe biciye mu biganiro byabaye hagati y’abachefs bo mu Bibogobogo na Col. Ntagawa.”

Ndetse mbere y’uko uyu mugabo atanga iyo mbunda, Minembwe.com yamenye kandi ko yabanje gufungwa, aza kurekurwa ubwo bariya ba chefs bo mu Bibogobogo bari batanze iyo mbunda yo mu bwoko bwa AK-47 bayisubiza uyu musirikare wa FARDC wo muri batayo iyobowe na Colonel Ntagawa.

Binavugwa kandi ko uyu musirikare yahindutse abesha ko Umunyamulenge yamwibye imbunda mu gihe abandi basirikare bari bamenye ko yayigurishije kubasivile

Ikirimo kwibazwa ni uburyo Minyati yongeye kuzira icyaha cyari cyararangiye, kandi kirangira habanje kuba ibiganiro byahuje abachefs na FARDC.

Ifungwa rya Minyati rikaba rikomeje gutera urujijo muri aka karere ka Bibogobogo.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yagize ati: “Rwose, nti tuzi icyihishe inyuma yifungwa rya Minyati. Harimo akagambane tutazi.”

Yakomeje agira ati: “Ahari yaba ashaka ku mugirira nabi gusa, kuko nta kindi kizwi yakoze.”

Ibyo bibaye mu gihe Abanyamulenge bagize igihe bacunaguzwa mu Burasirazuba bwa RDC, ahanini bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Ibyo bikaba bisa n’ubundi nibibabaho.

Tags: BibogobogoNtagawaUmunyamulengeUrujijo
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Undi mu Jenerali ukomeye wo ku ruhande rwa Leta yishwe arashwe na M23.

Undi mu Jenerali ukomeye wo ku ruhande rwa Leta yishwe arashwe na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?