Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 30, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

You might also like

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Abasirikare batatu b’igisirikare cya Uganda baguye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu mujyi wa Bunia mu ntara ya Ituri.

Ni impanuka yatwaye ubuzima bwabariya basirikare batatu abandi nabo umunani irabakomeretsa, barimo n’abakomeretse bikabije.

Iyi mpanuka yabereye mu muhanda wa Djugu -Centre-Masikini, haherereye muri grupema ya Loranu, muri segiteri ya Walendu.

Aba basirikare bakoze impanuka ubwo bari mubikorwa bahuriyemo n’ingabo za RDC, ariko ikaba yatewe n’ikiraro cya Ngando cyangiritse.

Nanone kandi aya makuru akomeza avuga ko imwe mu mudoka z’ikamyo zari zitwaye aba basirikare bavaga Djugu -Centre, yagonze icyo kiraro ikora impanuka.

Imirambo y’abo basirikare bahasize ubuzima muri iyi mpanuka, yahise yoherezwa mu gace ka Nebbi i Kampala muri Uganda kugira ngo izashyingurwe mu cyubahiro n’i gihugu cyabo.

Iyi mpanuka ibaye mu gihe hari hashize iminsi mike abasirikare ba Uganda boherejwe mu bikorwa bya gisirikare muri aka gace ka Ndjugu-Centre.

Abasirikare ba Uganda boherejwe mu ntara ya Ituri gufatanya n’aba RDC guhashya umutwe w’iterabwoba wa ADF ufite ibirindiro mu mashyamba ya RDC, ukaba unaherutse kwica abasivili 43 barenga ubasanze mu rusengero.

Tags: abasirikareBatatuBuniaImpanukaUganda
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n'abatwara ibinyabiziga. Umwuka mubi wavutse hagati ya guverinoma y'u Burundi n'abatwara abagenzi mu buryo busanzwe, ibyanatumye ingendo zihuza umujyi wa...

Read moreDetails

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikwiye kugaragaza ubushake bwo kurandura umutwe w'iterabwoba...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y'u Rwanda n'u Burundi. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ni we nyiribayazana w'ibibazo bitagura iherezo hagati y'igihugu cye n'icy'u Rwanda,...

Read moreDetails

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails
Next Post
RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?