• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare bakuru ba FARDC, baheruka kwitandukanya nayo, bagaragaje icyabibateye, maze bashira ubugome bwa leta ya Kinshasa hanze ku b’Atutsi, butuma benshi bahunga iyo leta.

minebwenews by minebwenews
June 4, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare bakuru ba FARDC, baheruka kwitandukanya nayo, bagaragaje icyabibateye, maze bashira ubugome bwa leta ya Kinshasa hanze ku b’Atutsi, butuma benshi bahunga iyo leta.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo baheruka kwifatanya na M23, bahunze igisirikare cya FARDC bavuze icyabibateye.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni mu kiganiro aba basirikare bakoreye kuri Channel ya You Tube yitwa Mama Urwagasabo, ubwo umunyamakuru wayo aheruka muri ibi bice bigenzurwa na M23.

Nk’uko bivugwa aba basirikare barimo Colonel Josue Biyoyo, Baringene Sadam na Major Mpiriwe Muganza Fredric wari umupolisi muri leta ya Kinshasa n’abandi.

Col Baringene Sadam wahoze akora ku cyicaro gikuru cya FARDC, yavuze ko yaje gutanga umusanzu muri uru rugendo rwa M23 rugamije kuzana impinduramatwara.

Yagize ati: “Nanjye nazanye imbaraga zanjye ngo ntange umusanzu wo gushaka impinduramatwara.”

Major Mpiriwe Muganza Frederic wari mu gipolisi cya leta ya Kinshasa, we yakoreraga inshingano ze mu mujyi wa Goma.

Ati: “Igituma ndi hano uyu munsi, ni ivangura ry’u bwoko rirenze urugero, noneho byajya kugera kuri babandi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bikaba ikibazo, byajya kugera ku witwa umututsi noneho bikaba ikibazo kiremereye, bene wacu bashiriye muri gereza nta mpamvu.”

Avuga kandi ko ikindi kibazo ari uko Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda.

Ati: “Kubona iyo leta ifata abo bavumwe FDLR kubera ibikorwa byabo, akaba ari bo baza kurwanya abo bantu barwanira uburenganzira bwabo, byarambabaje cyane, numva ko ngomba kuza gufatanya n’abandi muri uru rugamba.”

Col Josue Biyoyo avuga ko ubu amaze nk’umwana w’impundura matwara, kuko yemeye kuza kwifatanya na M23 kugira ngo afatanye n’abandi kugarura amahoro amaze igihe yarabuze muri iki gihugu cya RDC.

Ati: “Naje kugira ngo dushake amahoro, kugira ngo dukosore ibitagenda; birimo ivangura by’u mwihariko iryo leta ya Kinshasa yigisha mu baturage.”

Mu gihe Captain Yohodari Gandika wakoreraga akazi ka gisirikare muri centre ya Sake, yavuze ko we icyatumye yitandukanya n’ingabo za FARDC, ari ukubera amacakubiri aba muri icyo gisirikare, ndetse no kubera ko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda bakorerwa iyicarubozo.

Ati: “Muri unite nabonagamo, Inka zaribwaga nkabona abayobozi banjye bankuriye babyihishe inyuma, barya Inka z’abantu bitewe n’ubwoko bwabo.”

Yakomeje avuga ibindi bya muteye agahinda, ari ukubona uburyo FARDC yakoranaga n’abayobozi bumutwe wa FDLR wasize ukoze amahano mu Rwanda ukaba waranakomeje gukora ibikorwa bibi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yasoje avuga ko mu gisirikare cya FARDC harimo ivangura ritari ku mwemerera gukomeza gukorera akazi ke muri icyo gisirikare. Avuga ko haba gutoteza bidasanzwe Abatutsi ko ndetse kandi bafungirwa ubusa bazira ubwoko bavukamo.

               MCN.
Tags: Abasirikare ba kuruBaherukaKwitandukanyaLeta ya KinshasaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Umubare w’abantu bari guhitanwa n’ubushyuhe budasanzwe,  ukomeje kwiyongera mu gihugu cy’u Buhinde.

Umubare w'abantu bari guhitanwa n'ubushyuhe budasanzwe, ukomeje kwiyongera mu gihugu cy'u Buhinde.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?