• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umubare w’abantu bari guhitanwa n’ubushyuhe budasanzwe, ukomeje kwiyongera mu gihugu cy’u Buhinde.

minebwenews by minebwenews
June 4, 2024
in Uncategorized
0
Umubare w’abantu bari guhitanwa n’ubushyuhe budasanzwe,  ukomeje kwiyongera mu gihugu cy’u Buhinde.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubushyuhe budasanzwe bwahitanye abantu benshi mu gihugu cy’u Buhinde.

Ni mu Ntara ya Uttar Pradesh n’iya Odisha, niho abantu 53 bishwe n’ubushyuhe, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Bivuga ko aba bantu bapfuye mu minsi itatu kandi ko byabaye mu mpera z’i Cyumweru gishize, nyuma y’uko muri iki gihugu bari bavuye mu matora asanzwe akorwa muri ay’amezi.

Bivuga kandi ko u Buhinde butigeze bwo roherwa mu mezi atatu ashize kuko bwibasiriwe n’ubushyuhe bukabije burimo gutera ingaruka ku baturage zirimo kugwa igihumure no gutakaza ubuzima. Ni mu gihe bari mu gikorwa cyo gusoza amatora asanzwe aba mu kwezi kwa Kane no mu kwa Gatanu.

Minisiteri y’ubuzima mu Buhinde yatangaje ko abamaze kwitaba Imana n’ubu bushyuhe kuva tariki ya 01/03 kugera kuya 30/05/2024, bamaze kugera kuri 56, ngo mu gihe abagize ibindi bibazo by’u buzima bageze ku 24.849.

Mu mpera z’iki Cyumweru gishize, Guverinoma y’u Buhinde yemeje ko mu Ntara ya Ottar Pradesh hapfuye abantu 33 barimo abakozi bakurikinaga imigendekere y’amatora, abashinzwe isuku . Naho muri Odisha ho byemejwe ko hapfuye 20.

Ku ruhande rw’u buyobozi bwa Odisha, bwo bwagaragaje ko abapfuye muri iyo minsi bashobora kuba barageze kuri 99 bitandukanye n’umubare watangajwe na Guverinoma.

Umuyobozi ushinzwe amatora muri Ottar Pradesh, Navdeep Rinwa yatangaje ko imiryango y’abakozi ba komisiyo y’amatora bishwe n’ubu bushyuhe bazahabwa impozamarira ya $ 18, 000

Ikigo cy’i gihugu gishinzwe iteganyagihe mu Buhinde cyatangaje ko mu byumweru bibiri bishize, igipimo cy’u bushyuhe mu majyaruguru n’uburengerazuba cyageze kuri dogere selisiyusi 45 na 46 . Cyasobanuye kandi ko hari uduce cyageze ku gipimo cya dogere selisiyusi 50.

             MCN.
Tags: AbantuMu BuhindeUbushyuhe

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
Itariki abagize Guverinoma nshya muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bazarahiriraho ya menyekanye.

Itariki abagize Guverinoma nshya muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bazarahiriraho ya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?