• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2025
in Conflict & Security
0
Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

You might also like

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe mpiri abasirikare benshi b’u Burundi n’abiki gihugu(FARDC).

Ni amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bw’uyu mutwe wa MRDP-Twirwaneho aho bwanagaragaje ko bwafashe mu bihe bitandukanye.

Mu itangazo ryayo yashyize hanze ku mugoroba w’ejobundi ku wa gatatu tariki ya 30/07/2025, wavuze ko wafashe abo basirikare benshi b’u Burundi bavanze n’aba RDC, kandi ngo ubafata mu bitero bitandukanye bagiye bagaba mu bice bituwe cyane n’Abanyamulenge byo muri Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mutwe wagize uti: “Ibi bitero byose byari bigamije kuri mbura Abanyamulenge, byasubijwe inyuma n’ingabo zacu zashoboye no gufata benshi barimo abo mu ngabo z’u Burundi(FDNB) n’aba RDC (FARDC). Igihe n’ikigera tuzaberekana.”

Ibi Twirwaneho yabishyize hanze, mu gihe kandi yari iheruka gutanga ko yamenye neza ko hari abarwanyi b’umutwe wa FDLR batorejwe i Burundi boherezwa ahantu henshi hatuwe n’Abanyamulenge kuza kubarimbura.

Gusa, igisirikare cy’u Burundi n’icya RDC cyahakanye aya makuru kikavuga ko ari ibinyoma, nubwo Twirwaneho yanagaragaje ko abarwanyi b’uwo mutwe bagera kuri 20.000 aribo batorejwe i Burundi, muri bo abarenga 3000 bakaba bamaze kwinjira ku butaka bwa RDC.

U Burundi bwarabihakanye, buvuga ko abasirikare bose batorezwa ku butaka bwabwo, baba bagamije kuburwanirira.

Twirwaneho ikaba kandi yaribukije Leta y’i Kinshasa n’iy’u Burundi ko ibikorwa byo kugira uruhare cyangwa gushyigikira ubugizi bwa nabi binyuranyije na gahunda z’amahoro za Qatar na Washington DC, kandi ko bigizi ibyaha by’intambara.

Tubibutsa ko uyu mutwe uri mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, cyo kimwe kandi n’umutwe wa M23, iheruka gutangaza ko igamije kurinda abasivili no gushyigikira inzira zose zigamije amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu no muri RDC yose muri rusange.

Tags: FardcFDLRIbiteroTwirwaneho -MRDP
Share51Tweet32Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umugabo yakubiswe byo gupfa,nyuma y'aho akoze igikorwa kigayitse. Umugabo w'Umunye-Congo uri mu kigero cy'imyaka iri hagati ya 45 na 40, yafashe kungufu umwana w'umukobwa uri munsi y'imyaka 15,...

Read moreDetails

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi. Abashinzwe umutekano w'umujyi wa Goma, mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 bataye muri yombi umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza...

Read moreDetails

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Iby'umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi. Mu Gisambu giherereye hagati ya Kalingi na Mikenke ho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo, hatoraguwe umurambo w'Umuntu bigaragaza ko...

Read moreDetails

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w'intebe. Constant Mutamba wahoze ari minisitiri w'ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yasabye ko urukiko rumuburanisha rutumiza minisitiri w'intebe, Juduth Suminwa....

Read moreDetails

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

by Bruce Bahanda
July 31, 2025
0
Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryamaganye Repubulika ya demokarasi ya Congo, rivuga ko iri gutegura intambara ikomeye. Bikubiye mu...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

Urubanza rwo kuburanisha Kabila wahoze ari perezida wa RDC rwasubukuwe.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?