• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2025
in Conflict & Security
0
Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.
144
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

You might also like

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe mpiri abasirikare benshi b’u Burundi n’abiki gihugu(FARDC).

Ni amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bw’uyu mutwe wa MRDP-Twirwaneho aho bwanagaragaje ko bwafashe mu bihe bitandukanye.

Mu itangazo ryayo yashyize hanze ku mugoroba w’ejobundi ku wa gatatu tariki ya 30/07/2025, wavuze ko wafashe abo basirikare benshi b’u Burundi bavanze n’aba RDC, kandi ngo ubafata mu bitero bitandukanye bagiye bagaba mu bice bituwe cyane n’Abanyamulenge byo muri Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mutwe wagize uti: “Ibi bitero byose byari bigamije kuri mbura Abanyamulenge, byasubijwe inyuma n’ingabo zacu zashoboye no gufata benshi barimo abo mu ngabo z’u Burundi(FDNB) n’aba RDC (FARDC). Igihe n’ikigera tuzaberekana.”

Ibi Twirwaneho yabishyize hanze, mu gihe kandi yari iheruka gutanga ko yamenye neza ko hari abarwanyi b’umutwe wa FDLR batorejwe i Burundi boherezwa ahantu henshi hatuwe n’Abanyamulenge kuza kubarimbura.

Gusa, igisirikare cy’u Burundi n’icya RDC cyahakanye aya makuru kikavuga ko ari ibinyoma, nubwo Twirwaneho yanagaragaje ko abarwanyi b’uwo mutwe bagera kuri 20.000 aribo batorejwe i Burundi, muri bo abarenga 3000 bakaba bamaze kwinjira ku butaka bwa RDC.

U Burundi bwarabihakanye, buvuga ko abasirikare bose batorezwa ku butaka bwabwo, baba bagamije kuburwanirira.

Twirwaneho ikaba kandi yaribukije Leta y’i Kinshasa n’iy’u Burundi ko ibikorwa byo kugira uruhare cyangwa gushyigikira ubugizi bwa nabi binyuranyije na gahunda z’amahoro za Qatar na Washington DC, kandi ko bigizi ibyaha by’intambara.

Tubibutsa ko uyu mutwe uri mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, cyo kimwe kandi n’umutwe wa M23, iheruka gutangaza ko igamije kurinda abasivili no gushyigikira inzira zose zigamije amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu no muri RDC yose muri rusange.

Tags: FardcFDLRIbiteroTwirwaneho -MRDP
Share58Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

Kivu y'Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n'Abana Babiri Mu gihe imirwano ikomeje gukomera mu bice byegereye umupaka wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi, abaturage...

Read moreDetails

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Bisimwa yemeje ko batifuza kongera kwinjizwa mu ngabo zatsinzwe, ahubwo bashyize imbere kubaka ingabo nshya z’igihugu

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y'Amajyepfo Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryatangaje ko ku wa gatatu tariki ya 03/12/2025, habaye inama ikomeye yabereye...

Read moreDetails

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika Amakuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/12/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y’i Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Luvungi Yafashwe: Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC, imirambo y’ingabo z’u Burundi isigara ku rugamba

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y'i Kibaya cya Rusizi Imirwano ikaze yongeye kubura ku misozi ya Munanira, hafi...

Read moreDetails

Mu kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byongeye gutera impagarara mu kibaya cya Rusizi: Abasivili barimo gupfa, Luvungi na Katogota mu kaga.

Mu Kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana Mu gihe mu Kibaya cya Rusizi muri teritwari ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hari hamaze kuboneka agahenge gake,...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

Urubanza rwo kuburanisha Kabila wahoze ari perezida wa RDC rwasubukuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?