• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2025
in Conflict & Security
0
Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.
144
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

You might also like

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe mpiri abasirikare benshi b’u Burundi n’abiki gihugu(FARDC).

Ni amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bw’uyu mutwe wa MRDP-Twirwaneho aho bwanagaragaje ko bwafashe mu bihe bitandukanye.

Mu itangazo ryayo yashyize hanze ku mugoroba w’ejobundi ku wa gatatu tariki ya 30/07/2025, wavuze ko wafashe abo basirikare benshi b’u Burundi bavanze n’aba RDC, kandi ngo ubafata mu bitero bitandukanye bagiye bagaba mu bice bituwe cyane n’Abanyamulenge byo muri Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mutwe wagize uti: “Ibi bitero byose byari bigamije kuri mbura Abanyamulenge, byasubijwe inyuma n’ingabo zacu zashoboye no gufata benshi barimo abo mu ngabo z’u Burundi(FDNB) n’aba RDC (FARDC). Igihe n’ikigera tuzaberekana.”

Ibi Twirwaneho yabishyize hanze, mu gihe kandi yari iheruka gutanga ko yamenye neza ko hari abarwanyi b’umutwe wa FDLR batorejwe i Burundi boherezwa ahantu henshi hatuwe n’Abanyamulenge kuza kubarimbura.

Gusa, igisirikare cy’u Burundi n’icya RDC cyahakanye aya makuru kikavuga ko ari ibinyoma, nubwo Twirwaneho yanagaragaje ko abarwanyi b’uwo mutwe bagera kuri 20.000 aribo batorejwe i Burundi, muri bo abarenga 3000 bakaba bamaze kwinjira ku butaka bwa RDC.

U Burundi bwarabihakanye, buvuga ko abasirikare bose batorezwa ku butaka bwabwo, baba bagamije kuburwanirira.

Twirwaneho ikaba kandi yaribukije Leta y’i Kinshasa n’iy’u Burundi ko ibikorwa byo kugira uruhare cyangwa gushyigikira ubugizi bwa nabi binyuranyije na gahunda z’amahoro za Qatar na Washington DC, kandi ko bigizi ibyaha by’intambara.

Tubibutsa ko uyu mutwe uri mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, cyo kimwe kandi n’umutwe wa M23, iheruka gutangaza ko igamije kurinda abasivili no gushyigikira inzira zose zigamije amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu no muri RDC yose muri rusange.

Tags: FardcFDLRIbiteroTwirwaneho -MRDP
Share58Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse Le porte-parole adjoint en charge des affaires politiques de...

Read moreDetails

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi Umuvugizi wungirije mu rwego rwa politiki w’ihuriro AFC/M23, Dr Balinda, yatangaje ko...

Read moreDetails

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance James Swan, the Special Representative of the UN Secretary-General and Head of MONUSCO, arrived this Friday, April...

Read moreDetails

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 James Swan, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, yageze kuri uyu wa Gatanu tariki ya...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo Nubwo umutekano utaragaruka uko bikwiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi z’Abanyekongo zari zarahungiye mu Burundi zatangiye gutahuka ku bushake,...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

Urubanza rwo kuburanisha Kabila wahoze ari perezida wa RDC rwasubukuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?