• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya batangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in Regional Politics
0
Abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya batangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Burusiya yatangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni birimo gutangazwa n’abategetsi bo bo hejuru bo mu gihugu cy’u Burusiya; ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, minisiteri y’ubanye n’amahanga y’iki gihugu yashotoye Ambasaderi w’u Bwongereza muri iki gihugu imubwira ko byanze bikunze u Burusiya buzihorera ku nyungu u Bwongereza bufite muri Ukraine.

Aba bategetsi ba Moscow bakavuga ko mu gihe Ukraine yakoresha ibisasu ihabwa n’u Bwongereza ko muri icyo gihe izahita igaba ibitero ku Bwongereza.

Ambasaderi w’u Bwongereza muri icyo gihugu, Nigel Casey yari yahamagajwe na minisiteri y’u banye n’amahanga y’u Burusiya, nyuma y’uko minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, David Cameron ubwo yari amaze gukorana ikiganiro n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, aza kuvuga ko Ukraine ifite uburenganzira bwo gukoresha misile ziraswa mu ntera ndende zoherejwe n’u Bwongereza mu kugaba ibitero imbere mu Burusiya.

U Burusiya kandi binyuze kuri minisiteri y’ubanye n’amahanga iheruka gusohora itangazo rivuga ko mu gihe Ukraine yakoresha ibisasu biremereye by’u Bwongereza, ko nabo bahita bagaba ibitero ku bigo bimwe bikomeye by’u Bwongereza n’ibya Ukraine.

Rigira riti: “Case yaburiwe ko igisubizo ku bitero bya Ukraine hakoreshejwe imbunda z’Abongereza ku butaka bw’Abarusiya bizaba bigiye kubaha kugaba ibitero ku bigo bya gisirikare by’u Bwongereza ndetse no ku butaka bwa Ukraine no hanze yayo.”

Ibihugu by’iburengerazuba byohereje inkunga ya gisirikare ingana na miliyari 200 z’Amadolari y’Amerika, biyoherereza Ukraine ariko bivuga ko bitotuma bifatwa nk’ibiri mu makimbirane mu buryo bweruye n’u Burusiya, n’ubwo leta y’u Burusiya yo yakomeje kubyikoma.

Amerika yo yavuze ko yahaye intwaro Ukraine zirasa kure ariko ko zigomba kuzifashishwa mu kurwanya ingabo z’u Burusiya zirwanira mu Ntara za Ukraine, nka ahitwa Lugansk, Kherson, Zaporozhye n’ahandi.

Gusa minisiteri y’ubanye n’amahanga y’u Burusiya ivuga ko amagambo ya minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, David Cameron agaragaza ko igihugu cye kiri mu makimbirane ya Ukraine n’u Burusiya.

Iyi minisiteri yongeraho ko u Burusiya bwumva amagambo ya Cameron nk’i kimenyetso cyerekana ukwiyongera gukabije no kwemeza ko u Bwongereza bugenda bwongera ibikorwa bya gisirikare ku ruhande rwa Ukraine.

Nyuma y’ibi u Burusiya bwahise butangaza ko bwatangiye imyitozo ya gisirikare yo gukoresha imbunda za kirimbuzi. Binyuze kuri minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yatangaje ko perezida Vladimir Putin yategetse igisirikare cye kwinjira mu myitozo yo kurasa ibisasu bya kirimbuzi, ko kandi ibi abasirikare babitegetswe nyuma yamagambo y’u bushotoranyi bwa David Cameron.

           MCN.
Tags: Amagambo yitera bwobaIbisasuU BurusiyaU BwongerezaUkraine
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe urugamba rwabayemo kurasa ibisasu biremereye, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zo ku ruhande rwa Guverinoma ya Congo.

Havuzwe urugamba rwabayemo kurasa ibisasu biremereye, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zo ku ruhande rwa Guverinoma ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?