• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya batangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in Regional Politics
0
Abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya batangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Burusiya yatangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni birimo gutangazwa n’abategetsi bo bo hejuru bo mu gihugu cy’u Burusiya; ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, minisiteri y’ubanye n’amahanga y’iki gihugu yashotoye Ambasaderi w’u Bwongereza muri iki gihugu imubwira ko byanze bikunze u Burusiya buzihorera ku nyungu u Bwongereza bufite muri Ukraine.

Aba bategetsi ba Moscow bakavuga ko mu gihe Ukraine yakoresha ibisasu ihabwa n’u Bwongereza ko muri icyo gihe izahita igaba ibitero ku Bwongereza.

Ambasaderi w’u Bwongereza muri icyo gihugu, Nigel Casey yari yahamagajwe na minisiteri y’u banye n’amahanga y’u Burusiya, nyuma y’uko minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, David Cameron ubwo yari amaze gukorana ikiganiro n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, aza kuvuga ko Ukraine ifite uburenganzira bwo gukoresha misile ziraswa mu ntera ndende zoherejwe n’u Bwongereza mu kugaba ibitero imbere mu Burusiya.

U Burusiya kandi binyuze kuri minisiteri y’ubanye n’amahanga iheruka gusohora itangazo rivuga ko mu gihe Ukraine yakoresha ibisasu biremereye by’u Bwongereza, ko nabo bahita bagaba ibitero ku bigo bimwe bikomeye by’u Bwongereza n’ibya Ukraine.

Rigira riti: “Case yaburiwe ko igisubizo ku bitero bya Ukraine hakoreshejwe imbunda z’Abongereza ku butaka bw’Abarusiya bizaba bigiye kubaha kugaba ibitero ku bigo bya gisirikare by’u Bwongereza ndetse no ku butaka bwa Ukraine no hanze yayo.”

Ibihugu by’iburengerazuba byohereje inkunga ya gisirikare ingana na miliyari 200 z’Amadolari y’Amerika, biyoherereza Ukraine ariko bivuga ko bitotuma bifatwa nk’ibiri mu makimbirane mu buryo bweruye n’u Burusiya, n’ubwo leta y’u Burusiya yo yakomeje kubyikoma.

Amerika yo yavuze ko yahaye intwaro Ukraine zirasa kure ariko ko zigomba kuzifashishwa mu kurwanya ingabo z’u Burusiya zirwanira mu Ntara za Ukraine, nka ahitwa Lugansk, Kherson, Zaporozhye n’ahandi.

Gusa minisiteri y’ubanye n’amahanga y’u Burusiya ivuga ko amagambo ya minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, David Cameron agaragaza ko igihugu cye kiri mu makimbirane ya Ukraine n’u Burusiya.

Iyi minisiteri yongeraho ko u Burusiya bwumva amagambo ya Cameron nk’i kimenyetso cyerekana ukwiyongera gukabije no kwemeza ko u Bwongereza bugenda bwongera ibikorwa bya gisirikare ku ruhande rwa Ukraine.

Nyuma y’ibi u Burusiya bwahise butangaza ko bwatangiye imyitozo ya gisirikare yo gukoresha imbunda za kirimbuzi. Binyuze kuri minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yatangaje ko perezida Vladimir Putin yategetse igisirikare cye kwinjira mu myitozo yo kurasa ibisasu bya kirimbuzi, ko kandi ibi abasirikare babitegetswe nyuma yamagambo y’u bushotoranyi bwa David Cameron.

           MCN.
Tags: Amagambo yitera bwobaIbisasuU BurusiyaU BwongerezaUkraine
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe urugamba rwabayemo kurasa ibisasu biremereye, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zo ku ruhande rwa Guverinoma ya Congo.

Havuzwe urugamba rwabayemo kurasa ibisasu biremereye, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zo ku ruhande rwa Guverinoma ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?