• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abaturage bari kwicwa i Uvira bicwa na Wazalendo.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage bari kwicwa i Uvira bicwa na Wazalendo.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Umunye-Kongo ukomoka mu bwoko bw’Abapfulero yaraye yishwe arashwe mu mujyi wa Uvira, akaba yazize Wazalendo baje ku munyaga ntibagira icyo bamuronkaho, niko guhita bamurasa avamo umwuka wabazima.

Ahagana isaha zibiri zijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane, ni bwo uyu muturage uzwi kwizina rya Gérard yishwe arashwe amasasu arenga abiri.

Bivugwa ko yarasiwe aho yarasanzwe akorera akazi ko kudoda, ahitwa i Karigo.

Minembwe Capital News yabwiwe ko yarashwe na Wazalendo kandi ko bamujije ko nta mafaranga bamusanganye, kuko bari baje kumunyaga. Ku rundi ruhande, hari amakuru avuga ko yaba yazize kuba ashigikira umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa; ni mu gihe bivugwa ko yari akunze kubigaragaza mu biganiro yarakunze kuganiriza abamugana.

Umwe mubaturiye mu mujyi wa Uvira wavuganaga natwe, yavuze ko aha i Karigo uriya mugabo yiciwe ari ho bakunze kuja gusengera, kandi ko haba ubutayu. Ndetse avuga ko uriya wishwe ntakindi yazize usibye m23.

Yagize ati: “Uwishwe yari umudozi. Aha i Karigo bamwiciye dukunze kuja kuhasengera haba ubutayu haruguru yaho. Nta gushidikanya yazize m23, kuko yakundaga kugaragaza ibikorwa bibi bikorwa na Wazalendo.”

Abaturage batuye i Uvira bakunze kugaragaza ko Wazalendo ari abajura, kandi ko babica, bityo bakifuza m23 koyakomeza imirwano igafata iki gice, muri ubwo buryo bakagenda bahohoterwa n’iyi mitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ikorana byahafi n’ingabo z’u Burundi n’iza Congo.
Ndetse ku munsi w’ejo hashizeho, hari amakuru yaje avuga ko Wazalendo bari aha Uvira batakirimo bahembwa na Leta y’i Kinshasa, bikaba biri mu bituma bakomeje kugaragaza ubugome bukabije.

Hagataho, m23 kuri ubu iri mu misozi ikikije i Uvira, ndetse kandi iri ni Katogota mu Kibaya cya Rusizi.
Bivuze ko umwanya uwo ari wo wose, ishobora gufata iki gice cya Uvira, maze abaturage bakabona amahoro arambye.

Tags: AbaturageKarigoUviraWazalendo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Nyarugabo yamaganye Leta y’i Kinshasa nyuma y’igitero cya Sukhoi-25 mu Minembwe.

Nyarugabo yamaganye Leta y'i Kinshasa nyuma y'igitero cya Sukhoi-25 mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?