Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 6, 2024
in Regional Politics
0
Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, baramukiye ku biturika by’ibisasu biraswa n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 06/04/2024, ibisasu byo ngeye guterwa mu baturage baturiye Localite ya Mushaki no mu nkengero zayo, nk’uko ibi byatangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Yavuze ko “ingabo zirimo FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro n’Ingabo za SADC bazindutse batera ibisasu biremereye mu bice bituwe n’abaturage benshi muri Mushaki no mu nkengero zayo ho muri teritware ya Masisi.”

Uyu muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka yanavuze ko ibyo bisasu bimaze guhitana abasivile batatu, ariko ko byakomerekeje n’abandi benshi.

Muri ubu butumwa bwe, yagaragaje ko ibisasu byatangiye kumvikana saa kumi nebyiri z’igitondo cyakare.

Nk’uko Lawrence Kanyuka yasoje avuga, yavuze ko ‘ingabo z’impinduramatwara muri Repubulika ya demokarasi ya Congo (ARC/M23), zikomeje kurengera abaturage bicwa n’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.’

Bibaye mu gihe no ku munsi w’ejo hari habaye imirwano ibereye mu bice byo muri Localité ya Kibirizi, Cheferie ya Bwito, muri teritware ya Masisi. Iyi mirwano yasize M23 yongeye kwigarurira ibindi bice birimo Kitolu, n’ahandi.

         MCN.
Tags: Abaturage bazindukiyeIbiturikaIhuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaM23Masisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Joseph Kabila Kabange, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ibye biratera bija ku rundi rwego.

Joseph Kabila Kabange, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ibye biratera bija ku rundi rwego.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?