• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joseph Kabila Kabange, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ibye biratera bija ku rundi rwego.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2024
in Regional Politics
0
Joseph Kabila Kabange, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ibye biratera bija ku rundi rwego.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, habonetse ibindi bimushira mu kaga.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ninyuma yifatwa ry’uvugwa ko ari umunjyanama wihariye wa Corneille Nangaa, ukuriye ihuriro ry’umutwe wa politiki n’igisirikare (AFC), Eric Nkuba Shebandu.

Ifatwa rya Nkuba uzwi kw’izina rya ‘Malembe’ ryemejwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), Brig Gen Sylvain Ekenge ku mugoroba wo kuri uyu wa 05/04/2024, asobanura ko abashinzwe iperereza ari bo bamutaye muri yombi.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyeretse abanyamakuru amashusho yibazwa rya Eric Nkuba, aho abashinzwe iperereza bamubajije abantu bo muri RDC bavugana nabo.

Nawe asubiza ko yavuganye nabo ku ruhande rw’i gisirikare ndetse n’abanyapolitike.

Yagize ati: “Ntabwo tuvugana n’abo ku ruhande rw’i gisirikare gusa tuvugana na John Numbi na Joseph Kabila wabaye perezida. Yewe na Corneille Nangaa.”

Harimo n’abandi yavuze nka Depite Claude Lubaya, Joseph Olengnkoy Na Patient Sayiba, gusa Lubaya we yamaganye iki kirego, aho avuga ko cyahimbwe bigizwemo uruhare na leta ya Kinshasa imuziza ko afite ibitekerezo bitandukanye n’ibyabo.

Ibyo n’ubundi byabaye mu gihe Joseph Kabila yari agize igihe leta ya Kinshasa imugendaho, kugeza aho umunyamabanga mukuru w’ishyaka rya UDPS, Augustin Kabuya yamushinje guhunga igihugu ndetse no gukorana byahafi n’umutwe wa AFC/M23.

Nyuma Ishyaka rya PPRD ryasobanuye ko Kabila agize igihe akurikirana amasomo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, kandi ko nta gahunda afite yo gukorana n’abitwaje imbunda. Ibi bikaba byaragaragaje gahunda mbi leta ya Kinshasa iri gutegura ku batavuga rumwe nayo.

Ku rundi ruhande minisitiri w’u banye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, mu kiganiro aheruka kugirana n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24, yavuze ko hari amakuru urwego rw’i perereza rufite agaragaza ko Kabila Kabange ashobora kuba akorana na AFC. Ariko avuga ko bikirimo gukurikiranwa ko kandi nyuma bizatangazwa.

         MCN.
Tags: FardcIbye biratera bija ku rundi rwegoIperereza rya gisirikareJoseph KabilaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC, ryagize icyo rivuga ku munyapolitiki wabo uheruka gushimutwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ihuriro ry'imitwe ya politiki n'igisirikare rya AFC, ryagize icyo rivuga ku munyapolitiki wabo uheruka gushimutwa n'ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?