Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2025
in World News
0
Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’bose hamenyekana n’icyabiteye.

You might also like

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Abaturage basaga 25,000 bo mu gace ka Lice gaherereye mu ntara ya Diyarbakir mu gihugu cya Turkey, bisanze basinze bose, nyuma y’aho igipolisi gitwikiye urumugi rwinshi hafi yako gace umwotsi ukwira ikirere cyako kose.

Hari nyuma y’aho igipolisi cya Turkiya cyakoze umukwabo kigafata urumugi rwinshi, nyuma kikaza kurutwika.

Mu kwezi gushyize kwa kane uyu mwaka wa 2025, ni bwo ubutegetsi bwo muri Turkey bwafashe ingamba zo guwika toni zisaga 20 z’urumogi rwagiye rufatwa mu bihe bitandukanye rukaba rurunze mu mujyi wa Lice. Maze nyuma yo gutangaza iyo gahunda yo gutwika urwo rumogi, igipolisi cyarutwitse umwotsi warwo uzamuka mu kirere cyo muri ako gace uragikwira, bitewe nuko rwari rwinshi.

Muri uko gutwika, abaturage ntibashoye gukingura amadirishya cyangwa inzugi z’inzu zabo, abandi bakirinda gusohoka mu mazu ngo bajye hanze, uwo mwotsi ubamerera nabi kandi urabasindisha.

Ni bwo abenshi bagaragayeho ibimenyetso bigaragaza uwanyoye urumogi, harimo ukutabona neza, kugira isesemi no kuruka, kureba no kubona ibintu bidahari n’ibindi.

Aya makuru akomeza avuga ko urumogi rwatwitswe muri uwo mujyi wa Lice , rwari Toni 20 ngo zirengaho ibiro 766 n’amagana 679, rufite agaciro ka miliyari 10 z’ama-lira ya Trukey.

Urwo rumogi rwose ngo rwari rwarafashwe mu mikwabu itandukanye yabaye muri iyo ntara ya Diyarbakir mu mwaka wa 2023 na 2024.

Bamwe mubaturiye ako gace babwiye itangazamakuru ati: “Muri iyi minsi nti dushobora gukingura amadirishya. Umwotsi w’urumogi bari gutwika rwatwikiriye aka gace kacu kose. Abana bararwaye turaho nyine byo kubura ukundi tugira.”

Amwe mu mashirahamwe ashinzwe uburenganzira bwa muntu bo muri icyo gice bavuze ko nubwo gufata ingamba zo gukumira ibiyobyabwenge aribyiza, ariko ko uburyo byakozwemo bigatwika ataribwo. Kandi bavuga ko ibyakozwe bishobora gutera indwara zikomeye abaturiye ako gace.

Tags: BasinzeGutwikaLiceUrumogi
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari byakaze. Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye mu ntara ya Gaza, bisiga bihitanye abantu 110 abandi amagana babikomerekeramo. Ni ibitero iki gisirikare...

Read moreDetails

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Umwe mu bakuru b'ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n'uburyo azabikora. Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na...

Read moreDetails

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya. Umukuru w'igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by'abaturage....

Read moreDetails

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

by minebwenews
July 9, 2025
0
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

In a bold move to prioritize authenticity and creativity, YouTube has announced a significant update to its YouTube Partner Program (YPP) monetization policies, effective July 15, 2025. The...

Read moreDetails

Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

by minebwenews
July 8, 2025
0
Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

 A groundbreaking malaria treatment tailored for babies and young children has received approval from Swissmedic, making a historic milestone in the fight against malaria. Developed by Novartis in...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?