• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2025
in World News
0
Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’bose hamenyekana n’icyabiteye.

You might also like

Amerika Yasobanuye Impamvu Igiye Gutanga Pasiporo Zihariye Ziriho Ifoto ya Perezida Trump

Uganda: Abanyamahanga Barenga 230 Batawe muri Yombi mu Mukwabo Ukomeye

OTAN: Imbaraga z’Igisirikare Kirusha Ibindi ku Isi, Amateka Yayo n’Inshingano mu Mutekano Mpuzamahanga

Abaturage basaga 25,000 bo mu gace ka Lice gaherereye mu ntara ya Diyarbakir mu gihugu cya Turkey, bisanze basinze bose, nyuma y’aho igipolisi gitwikiye urumugi rwinshi hafi yako gace umwotsi ukwira ikirere cyako kose.

Hari nyuma y’aho igipolisi cya Turkiya cyakoze umukwabo kigafata urumugi rwinshi, nyuma kikaza kurutwika.

Mu kwezi gushyize kwa kane uyu mwaka wa 2025, ni bwo ubutegetsi bwo muri Turkey bwafashe ingamba zo guwika toni zisaga 20 z’urumogi rwagiye rufatwa mu bihe bitandukanye rukaba rurunze mu mujyi wa Lice. Maze nyuma yo gutangaza iyo gahunda yo gutwika urwo rumogi, igipolisi cyarutwitse umwotsi warwo uzamuka mu kirere cyo muri ako gace uragikwira, bitewe nuko rwari rwinshi.

Muri uko gutwika, abaturage ntibashoye gukingura amadirishya cyangwa inzugi z’inzu zabo, abandi bakirinda gusohoka mu mazu ngo bajye hanze, uwo mwotsi ubamerera nabi kandi urabasindisha.

Ni bwo abenshi bagaragayeho ibimenyetso bigaragaza uwanyoye urumogi, harimo ukutabona neza, kugira isesemi no kuruka, kureba no kubona ibintu bidahari n’ibindi.

Aya makuru akomeza avuga ko urumogi rwatwitswe muri uwo mujyi wa Lice , rwari Toni 20 ngo zirengaho ibiro 766 n’amagana 679, rufite agaciro ka miliyari 10 z’ama-lira ya Trukey.

Urwo rumogi rwose ngo rwari rwarafashwe mu mikwabu itandukanye yabaye muri iyo ntara ya Diyarbakir mu mwaka wa 2023 na 2024.

Bamwe mubaturiye ako gace babwiye itangazamakuru ati: “Muri iyi minsi nti dushobora gukingura amadirishya. Umwotsi w’urumogi bari gutwika rwatwikiriye aka gace kacu kose. Abana bararwaye turaho nyine byo kubura ukundi tugira.”

Amwe mu mashirahamwe ashinzwe uburenganzira bwa muntu bo muri icyo gice bavuze ko nubwo gufata ingamba zo gukumira ibiyobyabwenge aribyiza, ariko ko uburyo byakozwemo bigatwika ataribwo. Kandi bavuga ko ibyakozwe bishobora gutera indwara zikomeye abaturiye ako gace.

Tags: BasinzeGutwikaLiceUrumogi
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yasobanuye Impamvu Igiye Gutanga Pasiporo Zihariye Ziriho Ifoto ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Amerika Yasobanuye Impamvu Igiye Gutanga Pasiporo Zihariye Ziriho Ifoto ya Perezida Trump

Amerika Yasobanuye Impamvu Igiye Gutanga Pasiporo Zihariye Ziriho Ifoto ya Perezida Trump Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje gahunda nshya igamije gusohora pasiporo zidasanzwe...

Read moreDetails

Uganda: Abanyamahanga Barenga 230 Batawe muri Yombi mu Mukwabo Ukomeye

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Uganda: Abanyamahanga Barenga 230 Batawe muri Yombi mu Mukwabo Ukomeye

Uganda: Abanyamahanga Barenga 230 Batawe muri Yombi mu Mukwabo Ukomeye Uganda yakomeje kwerekana ko yiyemeje guhashya ibyaha byambukiranya imipaka, aho inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka, ku bufatanye n’iz’umutekano, zataye...

Read moreDetails

OTAN: Imbaraga z’Igisirikare Kirusha Ibindi ku Isi, Amateka Yayo n’Inshingano mu Mutekano Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
April 28, 2026
0
OTAN: Imbaraga z’Igisirikare Kirusha Ibindi ku Isi, Amateka Yayo n’Inshingano mu Mutekano Mpuzamahanga

OTAN: Imbaraga z’Igisirikare Kirusha Ibindi ku Isi, Amateka Yayo n’Inshingano mu Mutekano Mpuzamahanga Umuryango wa OTAN (uzwi cyane nka NATO) ukomeje kuba imwe mu nkingi zikomeye z’umutekano ku...

Read moreDetails

I Washington, DC: Hatangiye urubanza ku mugabo ushinjwa kugerageza kwica Donald Trump

by Bahanda Bruce
April 28, 2026
0
I Washington, DC: Hatangiye urubanza ku mugabo ushinjwa kugerageza kwica Donald Trump

I Washington, DC: Hatangiye urubanza ku mugabo ushinjwa kugerageza kwica Donald Trump Urukiko rwo muri Washington DC rwatangiye kuburanisha umugabo witwa Cole Tomas Allen, ukekwaho kugerageza kwica Donald...

Read moreDetails

Icyo Perezida Trump yatangaje nyuma yo kurokoka igitero cyagabwe aho yari ari

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Icyo Perezida Trump yatangaje nyuma yo kurokoka igitero cyagabwe aho yari ari

Icyo Perezida Trump yatangaje nyuma yo kurokoka igitero cyagabwe aho yari ari Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, igitero cy’umuntu witwaje imbunda yo mu bwoko...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?