• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abavuga rikijana mu Burundi basabye ko minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yeguzwa ku mpamvu yo gufunga imipaka.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Abavuga rikijana mu Burundi basabye ko minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yeguzwa ku mpamvu yo gufunga imipaka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka ryo mu Burundi rizwi nka Nkundagihugu MAP Burundi Buhire, ryasabye ryi vuye inyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye kweguza mu maguru mashya minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Martin Niteretse, ku ngingo aheruka gufata yo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu rwandiko bashikirije leta y’u Burundi, tariki ya 16/01/2024, bavuze ko Martin Niteretse agomba kwegezwa bivuye ku cyemezo aheruka gufata cyo gufunga imipaka yose yo k’u butaka ihuza i Gihugu cy’u Burundi n’u Rwanda.

Urwandiko rwabo runavugako gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi binyuranyije n’amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba(EAC), ibyo b’ihugu byombi bihuriyemo.

Urwo rwandiko kandi rumenyesha leta y’u Burundi ko banenze byimazeyo imvugo za minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Martin Niteretse, imvugo akoresha yo “guharabika umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame.” Bavuga ko ibyo “bicafuza u Burundi ko kandi bitabereye umuco w’Abarundi,” ngo kubwibyo rero bo, babona ko Martin Niteretse agomba kwegura.

Leta y’u Burundi yafunze imipaka ihuza u Rwanda n’igihugu cyabo tariki ya 11/01/2024, ninyuma y’uko perezida Evariste Ndayishimiye yari aheruka gutangaza ko Guverinoma ya Kigali ifasha umutwe w’itwaje imbunda wa Red Tabara.

Gusa leta ya Kigali yo, yagiye itangaza ko yababajwe n’ingingo u Burundi bwa fashe yo gufunga imipaka kandi bavuga ko gufunga imipaka bi bangamiye amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba.

Bruce Bahanda.

Tags: Abavuga rikijana mu BurundiBasabye ko heguzwaMinisitiri w'u mutekano Imbere mu gihugu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Guverinoma ya Angola y’irukanye Abanyekongo bari k’u butaka bw’i Gihugu cyabo, bagera ku magana.

Guverinoma ya Angola y'irukanye Abanyekongo bari k'u butaka bw'i Gihugu cyabo, bagera ku magana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?