• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abavuga rikijana mu Burundi basabye ko minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yeguzwa ku mpamvu yo gufunga imipaka.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Abavuga rikijana mu Burundi basabye ko minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yeguzwa ku mpamvu yo gufunga imipaka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka ryo mu Burundi rizwi nka Nkundagihugu MAP Burundi Buhire, ryasabye ryi vuye inyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye kweguza mu maguru mashya minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Martin Niteretse, ku ngingo aheruka gufata yo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

Mu rwandiko bashikirije leta y’u Burundi, tariki ya 16/01/2024, bavuze ko Martin Niteretse agomba kwegezwa bivuye ku cyemezo aheruka gufata cyo gufunga imipaka yose yo k’u butaka ihuza i Gihugu cy’u Burundi n’u Rwanda.

READ ALSO

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

Urwandiko rwabo runavugako gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi binyuranyije n’amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba(EAC), ibyo b’ihugu byombi bihuriyemo.

Urwo rwandiko kandi rumenyesha leta y’u Burundi ko banenze byimazeyo imvugo za minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Martin Niteretse, imvugo akoresha yo “guharabika umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame.” Bavuga ko ibyo “bicafuza u Burundi ko kandi bitabereye umuco w’Abarundi,” ngo kubwibyo rero bo, babona ko Martin Niteretse agomba kwegura.

Leta y’u Burundi yafunze imipaka ihuza u Rwanda n’igihugu cyabo tariki ya 11/01/2024, ninyuma y’uko perezida Evariste Ndayishimiye yari aheruka gutangaza ko Guverinoma ya Kigali ifasha umutwe w’itwaje imbunda wa Red Tabara.

Gusa leta ya Kigali yo, yagiye itangaza ko yababajwe n’ingingo u Burundi bwa fashe yo gufunga imipaka kandi bavuga ko gufunga imipaka bi bangamiye amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba.

Bruce Bahanda.

Tags: Abavuga rikijana mu BurundiBasabye ko heguzwaMinisitiri w'u mutekano Imbere mu gihugu

Related Posts

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania
Regional Politics

Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania

September 8, 2026
Next Post
Guverinoma ya Angola y’irukanye Abanyekongo bari k’u butaka bw’i Gihugu cyabo, bagera ku magana.

Guverinoma ya Angola y'irukanye Abanyekongo bari k'u butaka bw'i Gihugu cyabo, bagera ku magana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?