• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abigaragambyaga muri Bangladesh bageze naho binjira kwa minisitiri biryamira kumariri ye, menya uko byakozwe.

minebwenews by minebwenews
August 6, 2024
in Regional Politics
0
Abigaragambyaga muri Bangladesh bageze naho binjira kwa minisitiri biryamira kumariri ye, menya uko byakozwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abigaragambyaga muri Bangladesh bageze naho binjira kwa minisitiri biryamira kumariri ye, menya uko byakozwe.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Abigaragambyaga muri Bangladesh bigabije urugo rw’uwari minisitiri baryama mu buriri bwe, nyuma yo kwegura kwa Sheikh Hasina Wazed w’imyaka 76 wari minisitiri w’intebe w’iki gihugu cya Bangladesh ariko waje guhungira mu Buhinde.

Nk’uko amakuru abivuga abantu biraye mu rugo rw’uyu wari minisitiri w’intebe, bazambya ibintu byose, amafoto yanagaragaje bamwe biryamiye ku mariri ye bari guchating.

Iyi myigaragambyo yahereye mu ngoro ye, iherereye mu murwa mukuru, Dhaka.

Aya makuru anavuga ko iyo myigaragabyo yaje gukomereza ku rugo rwa minisiteri ari nabwo yaje gufata iyihuta arahunga.

Bafashe imwe mu myambaro ye ihenze, binjira no muri za firigo bafatamo ibiribwa n’ibinyobwa, nk’amafi n’ibindi binyobwa, bakicara ku meza, bagafungura kandi burumwe yahitagamo ibyo ashaka.

Ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, byavuze ko abigaragambyaga bageze naho burira ibitanda bya minisitiri w’intebe, ibya se umubyara n’ibindi bariryamira.

Usibye kubiryamaho ngo baje no gufata imihoro batemagura ayo mariri.

Byemejwe neza ko Sheikh Hasina yamaze kugera mu Buhinde ahunze, ndetse n’indege yamutwaye yaruhutse aruko igize ku kibuga cy’indege cya gisirikare kiri ahitwa Hindon giherereye mu ntera nke uvuye i New Delhi nk’uko byavuzwe n’abamwe mu bayobozi bo mu Buhinde.

Umugaba mukuru w’ingabo za Bangladesh, Waker-Uz-Zaman yavuze ko bidatinze hashirwaho Guverinoma y’inzibacyuho yo gukomeza guhangana n’ibibazo iki gihugu cyo muri Aziya gifite.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko ubuyobozi bw’inzibacyuho bushobora kujyaho bugomba gutangira inzira ya demokarasi idaheza, ndetse bukagarura amahoro byihuse.

Muri iyi myigaragabyo yo ku munsi w’ejo honyine gus, abantu bashobora kuba barenga 20 nibo byavuzwe ko bayiguyemo.

Naho mu minsi itatu ishize, amakuru avuga ko abantu barimo abapolisi, abasirikare n’abasivili barenga 300 aribo bayisizemo ubuzima.

Iyi myigaragambyo yatangiye mu minsi mike ishize, itangizwa n’abanyeshuri biga za kaminuza basaba ko iringaniza mu mirimo ya leta rikurwaho.

Iryo ringaniza ryahaga amahirwe yisumbuye abana bavuka mu miryango y’abasirikare bagize uruhare mu rugamba rwo kubohora Bangladesh, abo mu bwoko bwasigajwe inyuma n’amateka.

               MCN.
Tags: BangladeshBigabije urugo rw'uwari minisitiriImyigarambyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
I Burundi ibiciro by’amakara biri kuvuza ubuhaha, ibyatumye abaturage bari kurira ayo kwarika.

I Burundi ibiciro by'amakara biri kuvuza ubuhaha, ibyatumye abaturage bari kurira ayo kwarika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?