• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Adui uri i Gakangala turamurasa naho ahandi yayabangiye ingata,” ibivugwa n’abari mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2025
in Regional Politics
0
“Adui uri i Gakangala turamurasa naho ahandi yayabangiye ingata,” ibivugwa n’abari mu Minembwe.
102
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Adui uri i Gakangala turamurasa naho ahandi yayabangiye ingata,” ibivugwa n’abari mu Minembwe.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Amakuru ava mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’ingabo za Congo zateye Abanyamulenge mu Mikenke zahunze nyuma yuko Twirwaneho irihaye isomo, ariko ko i Gakangala ho baracyari mu mirwano.

Kuri uyu munsi wa gatatu tariki ya 19/03/2025, ingabo za Congo (Fardc) iz’u Burundi (FDNB), imitwe ya FDLR na Wazalendo, zagabye ibitero mu mihana itandukanye ituwe n’Abanyamulenge mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasizuba bw’igihugu cya RDC.

Imwe muri iyo mihana yagabwemo ibyo bitero ni uwa Mikenke, Gakangala na Muliza.

Umuturage uherereye muri ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News ko umwanzi wagabyeho igitero mu Mikenke bamukubise kandi asubizwa n’inyuma, ariko ko uwateye mu nkengero za komine ya Minembwe ariho i Gakangala na Muliza akirimo arwana, ariko ko nawe berekejeyo ku murasa.

Yagize ati: “Mu Mikenke adui yateye Abanyamulenge kare cyane, ariko twageze igihe c’isaha zibiri z’igitondo, Twirwaneho iramwirukana. Yahunze.”

Yakomeje agira ati: “I Gakangala na Muliza niho uwateye yashatse kwiha akanyabugabo, ariko ubu bari kumurasa nabi abana bo muri Twirwaneho, ndetse abandi n’abo berekejeyo ku murasa.”

Uwateye aha i Gakangala na Muliza yaturutse muri secteur ya Lulenge, mu ndiri ikomeye y’abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo.
Mu gihe uwateye mu Mikenke ho yaturutse mu Cyohagati n’i Ndondo ya Bijombo.

Mu byumweru bibiri bishyize na bwo iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibitero ku Banyamulenge mu majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe na Gahwela, ariko birangira barishubije inyuma.

Ubundi banaryambura uduce duherereye ku Gipimo mu Biziba mu ntera ngufi uvuye mu Kabanju.
Ni nyuma y’aho uyu mutwe wa Twirwaneho wari uheruka gufata Minembwe ku ya 21/02/2025, mbere yuko wabanje gufata ibigo bya gisirikare bikomeye byarimo ingabo za Congo n’iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo na FDLR.

Twirwaneho, mu gufata ibyo bigo by’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa, yongeye gufata n’ikibuga cy’indege cya Minembwe, aho yahise yirukana iri huriro ry’ingabo za Leta, bamwe bo muri ryo huriro bahungira Kwa Mulima n’i Baraka, abandi bagana i Ndondo ya Bijombo.

Kuri ubu ririya huriro ry’ingabo za Congo riri kugaba ibitero mu rwego rwo kugira ngo rirebe ko ryo kwisubiza iki gice cya Minembwe kizwi nk’iwabo w’Abanyamulenge ribagenzure.
Ariko ntibarikundira ni mu gihe Twirwaneho irwanirira aba Banyamulenge ihanganye naryo ihagaze bwuma.

Tags: GakangalaIbitaroTuramurasaTwirwaneho
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?