• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2025
in Regional Politics
0
Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila yahuye mu ibanga rikomeye na perezida Museveni.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Uwahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, aherutse kugirira uruzinduko rw’ibanga i Kampala muri Uganda, aho yahuye na perezida w’iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni.

Hari muruzinduko rw’ibanga bivugwa ko yari yarutumiwemo na Yoweli Kaguta Museveni, nk’uko byatangajwe na Africa intelligence dukesha iyi nkuru.

Africa intelligence ivuga ko tariki ya 14/03/2025 kwaribwo Kabila yavuye i Kampala, mbere yo kwerekeza i Nairobi muri Kenya.

Iki gitangaza makuru nticyagaragaje ibyo aba bagabo baganiriyeho, usibye ko batareka kuganira ku mutekano muke urangwa mu Burasizuba bwa RDC.

Ni mu gihe bwana Joseph Kabila yari aheruka gutangaza ko yarangije amasomo yaramazemo iminsi arimo kwitaho, bityo, avuga ko ubu agiye kwita kubibazo biri mu gihugu cye.

Mu biganiro bitandukanye aheruka kugirana n’ibitangazamakuru byo muri Afrika y’Epfo, yagiye abigaragazamo ko perezida Felix Tshisekedi wa Congo ari we nyiribayazana w’ibibazo iki gihugu cya RDC gifite.

Ku rundi ruhande, amakuru avuga ko uru ruzinduko rw’uyu wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yaruhuriyemo na Corneille Nangaa umuhuza bikorwa mukuru w’i huriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, ndetse rikaba rivuga ko rizashirwa aruko rishizeho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Nangaa asanzwe ari umuntu wahafi cyane ya Joseph Kabila, dore ko mu gihe cy’ubutegetsi bwe yari akuriye komisiyo y’amatora muri iki gihugu cya RDC.

Nyamara kandi, Leta y’i Kinshasa ishinja Kabila gutera inkunga umutwe wa m23 n’ihuriro uyu mutwe ubarizwamo rya AFC; ibyo yakunze guhakana kenshi.

Hagataho, Uganda yakiriye bariya bagabo bombi, mu gihe Leta ya Congo yakunze kuyivugaho kuba itera inkunga umutwe wa m23, ariko iki gihugu kirabihakana. Gusa, bikaba bizwi ko uyu mutwe wa m23 mu gutera Congo waje uturutse muri Uganda.

Tags: KabilaKamalaMu ibangaYoweli Kaguta
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Hari hateguwe kwica cyangwa gushimuta abazitabira ibiganiro i Luanda," amakuru avugwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?