• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 29, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 11, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yitabiriye inama y’umuryango w’Abibumbye ya kanama kayo gashinzwe uburenganzira bwa muntu ku isi.

Iyi nama AFC/M23 yitabiriye ya kanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu ku isi yabaye ku itariki ya 09/09/2025, ibera i Geneve mu Busuwisi.

Ni nama ibaye ku nshuro igira iya 60 y’aka kanama.Bikaba bibaye ubwa mbere iri huriro rya AFC/M23 ryitabira inama nk’iyi y’u muryango w’Abibumbye mu gihe uyu muryango wari uheruka kurishinja kwica abasivili b’Abahutu i Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abitabiriye iyi nama bo muri AFC/M23 barimo umujyanama mu biro by’umuhuzabikorwa w’iri huriro, Maitre Shyaka Jean Paul n’abandi.

Yarimo kandi n’ibihugu bitandukanye birimo na RDC ndetse n’ibindi byo muri Afrika utaretse ibyo mu Burayi n’ahandi.

AFC/M23 yaje no guhabwa ijambo y’isobanura ku birego iregwa bitandukanye birimo na raporo zisohorwa na Loni zirishinja gukora ubwicanyi.

Izi raporo iri huriro rya AFC/M23 waziteye ishoti, uvuga ko zibogamye kandi ko zuzuye ibinyoma bibi.

Maitre Shyaka Jean Pierre wari uyoboye intumwa ziri huriro, yanavuze ko ubwicanyi baheruka gushinjwa ubwo Loni ivuga bwakorewe abasivili b’Abahutu i Rutshuru butigeze bunabaho.

Shyaka yagize ati: “Urugero iyo bavuze ngo hishwe abantu runaka muri pariki ya virunga, ni binyoma bibabyahimbwe n’umuryango witwa ko ari uwuburenganzira bwa muntu.”

Loni itumiye AFC/M23 nyuma y’ibihugu nka Qatar yayitumiye i Doha aho imaze igihe ihahurira na Leta y’i Kinshasa mu biganiro bigamije kugarura amahoro muri RDC.

Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo na we yari aheruka gutumiza iri huriro mu biganiro n’Abanyekongo batandukanye n’ubwo bitabaye kubera RDC yabyanze ariko byari bigamije gushakira igihugu cyabo amahoro.

Kuba umuryango w’Abibumbye n’abakomeye batangiye gutumiza AFC/M23 mu biganiro bigaragaza ko ibyo irwanira bimaze kumvwa, ni mu gihe ubundi ibyo urwanira bitumvikanaga mbere.

AFC/M23 mu ntambara imazemo imyaka itatu ihanganye n’u Butegetsi bwa Tshisekedi, imaze kwigarurira ibice byinshi birimo n’umujyi wa Goma n’uwa Bukavu ifatwa nk’imijyi ikomeye mu Burasirazuba bwa RDC no muri Congo hose.

Tags: AFC/m23Loni
Share39Tweet25Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
FARDC n’abambari bayo bakomeje bya bitero bigamije kurimbura Abanyamulenge

FARDC n'abambari bayo bakomeje bya bitero bigamije kurimbura Abanyamulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?