• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 11, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yitabiriye inama y’umuryango w’Abibumbye ya kanama kayo gashinzwe uburenganzira bwa muntu ku isi.

Iyi nama AFC/M23 yitabiriye ya kanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu ku isi yabaye ku itariki ya 09/09/2025, ibera i Geneve mu Busuwisi.

Ni nama ibaye ku nshuro igira iya 60 y’aka kanama.Bikaba bibaye ubwa mbere iri huriro rya AFC/M23 ryitabira inama nk’iyi y’u muryango w’Abibumbye mu gihe uyu muryango wari uheruka kurishinja kwica abasivili b’Abahutu i Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abitabiriye iyi nama bo muri AFC/M23 barimo umujyanama mu biro by’umuhuzabikorwa w’iri huriro, Maitre Shyaka Jean Paul n’abandi.

Yarimo kandi n’ibihugu bitandukanye birimo na RDC ndetse n’ibindi byo muri Afrika utaretse ibyo mu Burayi n’ahandi.

AFC/M23 yaje no guhabwa ijambo y’isobanura ku birego iregwa bitandukanye birimo na raporo zisohorwa na Loni zirishinja gukora ubwicanyi.

Izi raporo iri huriro rya AFC/M23 waziteye ishoti, uvuga ko zibogamye kandi ko zuzuye ibinyoma bibi.

Maitre Shyaka Jean Pierre wari uyoboye intumwa ziri huriro, yanavuze ko ubwicanyi baheruka gushinjwa ubwo Loni ivuga bwakorewe abasivili b’Abahutu i Rutshuru butigeze bunabaho.

Shyaka yagize ati: “Urugero iyo bavuze ngo hishwe abantu runaka muri pariki ya virunga, ni binyoma bibabyahimbwe n’umuryango witwa ko ari uwuburenganzira bwa muntu.”

Loni itumiye AFC/M23 nyuma y’ibihugu nka Qatar yayitumiye i Doha aho imaze igihe ihahurira na Leta y’i Kinshasa mu biganiro bigamije kugarura amahoro muri RDC.

Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo na we yari aheruka gutumiza iri huriro mu biganiro n’Abanyekongo batandukanye n’ubwo bitabaye kubera RDC yabyanze ariko byari bigamije gushakira igihugu cyabo amahoro.

Kuba umuryango w’Abibumbye n’abakomeye batangiye gutumiza AFC/M23 mu biganiro bigaragaza ko ibyo irwanira bimaze kumvwa, ni mu gihe ubundi ibyo urwanira bitumvikanaga mbere.

AFC/M23 mu ntambara imazemo imyaka itatu ihanganye n’u Butegetsi bwa Tshisekedi, imaze kwigarurira ibice byinshi birimo n’umujyi wa Goma n’uwa Bukavu ifatwa nk’imijyi ikomeye mu Burasirazuba bwa RDC no muri Congo hose.

Tags: AFC/m23Loni
Share39Tweet25Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
FARDC n’abambari bayo bakomeje bya bitero bigamije kurimbura Abanyamulenge

FARDC n'abambari bayo bakomeje bya bitero bigamije kurimbura Abanyamulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi MaĂŻ MaĂŻ Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?