• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 i Goma ikoze ibyari byaraniye Leta y’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 i Goma ikoze ibyari byaraniye Leta y’i Kinshasa.
133
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 i Goma ikoze ibyari byaraniye Leta y’i Kinshasa.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ubuyobozi bw’i huriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho ryaciye burundu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge mu rwego rwo gusubiza agaciro u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni byagarutsweho na meya w’umujyi wa Goma, Julien Ndalieni Katembo, kuri uyu wa kane tariki ya 14/05/2025, nyuma y’aho yari aheruka kugirana ikiganiro n’abaturage baturiye uyu mujyi.

Ubwo yafataga iki cyemezo yagize ati: “Intego y’ubu buyobozi ni ukugarura agaciro ka RDC. Igihugu cyubahwe ahantu hose. Igihe tuzagarura umutekano mu gihugu, tuzagenda dusigire abato igihugu gifite ibyiza. Ese tuzabasigira igihugu cy’abasinzi ? Niba uzi ko ubonera ubuzima mu gucuruza urumogi bivemo.”

Hejuru y’ibyo yavuze ko inzoga zemewe mu mujyi wa Goma ari izibikwa mu macupa gusa, ati: “Inzoga yemewe ni iyihe ? Ni ishyirwa mu icupa. Si ishyirwa mu mashashi, iyo ntidushaka kongera kuyibona. Kubera ko iyo abanyeshuri bagiye kwiga bagashyira inzoga yitwa Chief mu mifuka, bagira imyitwarire mibi, bagateza akavuyo mu ishuri.”

Yongeye ati: “Icupa rya pulasitiki twemeranyije ni irya miliyoni 300 kuzamura, si iriri munsi yazo.”

RDC ifatwa nk’ahantu harangwa abantu banywa bakanacuruza ku mugaragaro ibiyobyabwenge birimo urumogi, rimwe na rimwe bararwambutsa mu bihugu byabaturanyi. Ibyo bituma bateza umutekano muke.

Kuva AFC/M23 yafata uyu mujyi wa Goma tariki ya 27/01/2025, yashyize imbaraga mu bikorwa byo kugarura ituze, kuko yagiye ishakisha intwaro zahishwe mu ngo ndetse n’abafite umugambi wo guteza umutekano muke ikabata muri yombi.

Tags: AFC/m23GomaUrumogi
Share53Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.

FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?