• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23/MRDP yabohoje uduce dushya kandi twinshi muri Kivu y’Epfo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 8, 2025
in Conflict & Security
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23/MRDP yabohoje uduce dushya kandi twinshi muri Kivu y’Epfo

You might also like

RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi basenya ikiraro

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n’ingabo z’u Burundi zikizwa n’amaguru

Uduce tugera kuri dutanu duherereye muri teritware ya Kabare mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, twabohojwe n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, nyuma yo kutwirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Congo.

Ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 07/10/2025, ni bwo AFC/M23/MRDP yabohoje turiya duce, itwirukanamo Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Utwo duce ni Luhogo, Ilenga, Maryamba, Mwengerera na Lubuhu, tukaba twose ari utwo muri teritware ya Kabare isanzwe ipakanye n’iya Kalehe, n’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mutwe wigaruriye turiya duce nyuma y’imirwano ikomeye yayihuzaga n’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo iza FARDC, FDLR n’abarwanyi bo muri Wazalendo.

Ndetse kandi amakuru akomeza avuga ko imirwano yasize utwo duce tugiye mu biganza bya AFC/M23/MRDP yatangiye mu rukerera rwo ku wa mbere, aho yahereye mu gace ka Luhago ikomereza no muri turiya tundi.

Ifatwa ry’utu duce rije rikurikira utundi tubiri AFC/M23 yafashe ku munsi w’ejo ku wa kabiri two muri teritware ya Masisi twa Luke na Mulema.

Uyu mutwe ukomeje kwagura ibirindiro byawo, mu gihe i Doha muri Qatar hari ibiganiro by’amahoro biwuhuza na Leta y’i Kinshasa kubuhuza bwa Leta ya Qatar n’iya Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ariko bizwi ko uruhande rwa Leta ko arirwo rutangiza gushotora uyu mutwe, ubundi na wo ukirwanaho.

Ibi biganiro byatangiye mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Ikindi n’uko muri Shabunda na Mwenga uyu mutwe naho uri gukomeza kuja imbere, kuko ubu uri kugera amajanja mu nkengero za centre ya Shabunda n’iya Mwenga.

Mu mirwano yabaye ku gicamunsi cy’ejo ku wa kabiri, hagati y’abarwanyi b’uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP n’Ingabo za Leta ya Congo n’abambari bazo, yabereye mu ishyamba rihurukira kuri zone ya Shabunda.
Binavugwa ko iri shyamba uyu mutwe wa maze kuryigarurira.

Hagataho, uko uyu mutwe ukomeza kwigarurira ibice byinshi muri Kivu y’Amajyepfo, ni nako Ingabo za Congo n’abambari bazo bambura imyambaro ya gisirikare bakigira abasivili, abandi n’abo bakambuka mu Burundi bakabuhungiramo.

Abenshi bambuka i Bujumbura mu Burundi baturuka i Uvira, ahafashwe muri iki gihe nk’ahantu hingenzi kurusha ahandi hose ingabo za Congo zigenzura muri Kivu y’Amajyepfo.

Abakurikiranira hafi intambara ihuza AFC/M23/MRDP na Leta y’i Kinshasa, bavuga ko umujyi wa Uvira ufashwe n’uy’u mutwe yahita irangira.

Uvira ni yo yimuriwemo ibiro bikuru by’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko Bukavu ifashwe mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka na AFC/M23/MRDP.

Usibye n’icyo irimo kandi Ingabo nyinshi za FARDC n’iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

U Burundi bwarunze Ingabo zabwo nyinshi muri iki gice cya Uvira, kubera ko giherereye hafi n’umurwa mukuru wabwo wa Bujumbura. Bujumbura na Uvira ni birometero nka 27 gusa.

Tags: AFC/m23KabareKivu yamajy'Epfo
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi basenya ikiraro

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi basenya ikiraro

RDC: AFC/M23 yafashe Kalambi, Wazalendo n'ingabo z'u Burundi basenya ikiraro Mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa AFC/M23 ukomeje kwigarurira ibice mu buryo budasanzwe,...

Read moreDetails

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe Indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yongeye gukora ibitero byo mu...

Read moreDetails

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n’ingabo z’u Burundi zikizwa n’amaguru

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
AFC/M23/MRDP Irasatira Mwenga-Centre Mu gihe Intambara ikomeje Kwiyongera Muri Kivu zombi

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n'ingabo z'u Burundi zikizwa n'amaguru Amakuru aturuka mu baturage ndetse n’inzego z’umutekano muri Kivu y’Amajyepfo yemeza ko abarwanyi...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu Yaruguru

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale Indege y’intambara ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25...

Read moreDetails

RDC: Imirwano Ikaze Yongeye Kubura Hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Abambari Bayo i Walikale

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
RDC: Twirwaneho iraburira ku bitero bishobora kwibasira Abanyamulenge

RDC: Imirwano Ikaze Yongeye Kubura Hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Abambari Bayo i Walikale Imirwano ikaze yongeye kubura mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 27/11/2025,...

Read moreDetails
Next Post
U Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga ku nshuro ya mbere

U Burundi bwohereje amabuye y'agaciro mu mahanga ku nshuro ya mbere

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?