• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23/MRDP yabohoje uduce dushya kandi twinshi muri Kivu y’Epfo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 8, 2025
in Conflict & Security
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23/MRDP yabohoje uduce dushya kandi twinshi muri Kivu y’Epfo

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Uduce tugera kuri dutanu duherereye muri teritware ya Kabare mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, twabohojwe n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, nyuma yo kutwirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Congo.

Ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 07/10/2025, ni bwo AFC/M23/MRDP yabohoje turiya duce, itwirukanamo Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Utwo duce ni Luhogo, Ilenga, Maryamba, Mwengerera na Lubuhu, tukaba twose ari utwo muri teritware ya Kabare isanzwe ipakanye n’iya Kalehe, n’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu mutwe wigaruriye turiya duce nyuma y’imirwano ikomeye yayihuzaga n’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo iza FARDC, FDLR n’abarwanyi bo muri Wazalendo.

Ndetse kandi amakuru akomeza avuga ko imirwano yasize utwo duce tugiye mu biganza bya AFC/M23/MRDP yatangiye mu rukerera rwo ku wa mbere, aho yahereye mu gace ka Luhago ikomereza no muri turiya tundi.

Ifatwa ry’utu duce rije rikurikira utundi tubiri AFC/M23 yafashe ku munsi w’ejo ku wa kabiri two muri teritware ya Masisi twa Luke na Mulema.

Uyu mutwe ukomeje kwagura ibirindiro byawo, mu gihe i Doha muri Qatar hari ibiganiro by’amahoro biwuhuza na Leta y’i Kinshasa kubuhuza bwa Leta ya Qatar n’iya Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ariko bizwi ko uruhande rwa Leta ko arirwo rutangiza gushotora uyu mutwe, ubundi na wo ukirwanaho.

Ibi biganiro byatangiye mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Ikindi n’uko muri Shabunda na Mwenga uyu mutwe naho uri gukomeza kuja imbere, kuko ubu uri kugera amajanja mu nkengero za centre ya Shabunda n’iya Mwenga.

Mu mirwano yabaye ku gicamunsi cy’ejo ku wa kabiri, hagati y’abarwanyi b’uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP n’Ingabo za Leta ya Congo n’abambari bazo, yabereye mu ishyamba rihurukira kuri zone ya Shabunda.
Binavugwa ko iri shyamba uyu mutwe wa maze kuryigarurira.

Hagataho, uko uyu mutwe ukomeza kwigarurira ibice byinshi muri Kivu y’Amajyepfo, ni nako Ingabo za Congo n’abambari bazo bambura imyambaro ya gisirikare bakigira abasivili, abandi n’abo bakambuka mu Burundi bakabuhungiramo.

Abenshi bambuka i Bujumbura mu Burundi baturuka i Uvira, ahafashwe muri iki gihe nk’ahantu hingenzi kurusha ahandi hose ingabo za Congo zigenzura muri Kivu y’Amajyepfo.

Abakurikiranira hafi intambara ihuza AFC/M23/MRDP na Leta y’i Kinshasa, bavuga ko umujyi wa Uvira ufashwe n’uy’u mutwe yahita irangira.

Uvira ni yo yimuriwemo ibiro bikuru by’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko Bukavu ifashwe mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka na AFC/M23/MRDP.

Usibye n’icyo irimo kandi Ingabo nyinshi za FARDC n’iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

U Burundi bwarunze Ingabo zabwo nyinshi muri iki gice cya Uvira, kubera ko giherereye hafi n’umurwa mukuru wabwo wa Bujumbura. Bujumbura na Uvira ni birometero nka 27 gusa.

Tags: AFC/m23KabareKivu yamajy'Epfo
Share36Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
U Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga ku nshuro ya mbere

U Burundi bwohereje amabuye y'agaciro mu mahanga ku nshuro ya mbere

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?