• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23/MRDP yagize icyo isezeranya ku mujyi wa Uvira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 11, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23/MRDP yagize icyo isezeranya ku mujyi wa Uvira
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23/MRDP yagize icyo isezeranya ku mujyi wa Uvira

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa RDC, rinafite intego yo kumuhirika ku butegetsi, ryasezeranyije gufata umujyi wa Uvira ufatwa nk’uwakabiri muri Kivu y’Amajyepfo.

Bikubiye mu butumwa bw’umugaba mukuru w’Ingabo za AFC/M23/MRDP, Maj.Gen.Sultan Makenga, wateguje ko mu minsi mike iri imbere ingabo abereye umuyobozi zizigarurira uriya mujyi wa Uvira.

Ibi byabwibwaga abanya-Kamanyora, aho byatangajwe na guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bwana Patrick Bisu Bwa Ngwi Nshombo, wavuze ko yatumwe na Major General Sultan Makenga kubabwira ko bagiye gufata Uvira.

Bisu Bwa Ngwi Nshombo wasuye abari i Kamanyola ku wa kane muri iki cyumweru turimo, bakanamwakirira kuri parking ya Ngomo iherereye mu mujyi rwagati wo muri aka gace, mu kiganiro yagiranye nabo yababwiye ko Gen Sultan Makenga yamutumye kubabwira ko “mu minsi mike iri imbere bagiye kubohoza umujyi wa Uvira.”

Yagize ati: “Umukuru w’Ingabo za AFC/M23/MRDP, yantumye ngo nze mbwire abavandimwe ko mu minsi mike cyane itari kure, tuzaza gufata Uvira.”

Ni mu gihe abari i Uvira hatari kure n’umujyi wa Kamanyola wo wabohojwe mu kwezi kwa kabiri ahagana mu mpera zako, bagize igihe basaba uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP kubagoboka, bakabakura mu maboko y’Ingabo za FARDC, iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR.

Muri iki kiganiro n’abaturage, Baleke Stanislas wari waje aherekeje guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, akaba kandi asanzwe ari umuyobozi mu biro by’umuhuzabikorwa wa AFC/M23/MRDP, Corneille Nangaa, yavuze ko we asaba Wazalendo kwitandukanya n’Ingabo za Leta ya Congo bakishyira mu maboko ya AFC/M23/MRDP.

Ababwira ko Tshisekedi Tshilombo ari umuhemu, anabasaba ko igihe cyose bazumva isasu rivugiye muri uriya mujyi wa Uvira bakwiye guhita bihungira inzira zikigendwa.

Ati: “Bavandimwe banjye, Yakutumba, Makanaki, Kamomo n’abandi nkaba Ngomanzito mwese muranyumva . Muzahite mwihungira hakiri kare, nimwamara kumva isasu rivugiye muri uyu mujyi wa Uvira. Sinshaka nk’inshuti zanjye mwazawupfiramo.”

Yanababwiye ko Tshisekedi usibye kuba ari umuhemu, ngo ni n’umubeshyi mubi, bityo ko nta kintu azabamarira.

Ati: “Uriya Tshisekedi ni umubeshyi, ntacyo mu mutezeho na kimwe, kandi ntanicyo yobamarira. Ngira ngo mwiboneye ibyo ari gukorera Kabila wamushyize ku butegetsi. Amwituye ku mukatira urwo gupfa.”

Yasoje avuga ko Wazalendo bakwiye kwitandukanya n’Ingabo za perezida Felix Tshisekedi, amazi atararenga inkombe, kandi ko mugihe bokomeza kwinangira “kazaba kababayeho.”

Tags: AFC/M23/mrdpgeneral MakengaUvira
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?