Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 30, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.
146
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

You might also like

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ihuriro rya AFC/M23 rigenzura hafi u Burasizuba bwa Congo bwose, rikaba rinagamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa, yatangaje ko ishyira raporo yayo ya mbere hanze igaragaza igisubizo ku birego by’ihohoterwa by’uburenganzira bwa muntu bivugwa ko byakorewe mu mujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

Ni bikubiye mu itangazo iri huriro rya AFC/M23 ryashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kane tariki ya 29/05/2025, aho ivuga ko uyu munsi ku wa gatanu tariki ya 30/05/2025, kwaribwo ishyira iyo raporo y’ibirego hanze.

Itangazo ry’iri huriro ritangira rivuga ko igihe c’isaha ya saa tanu zuzuye, zo kuri uyu wa gatanu, ni bwo ritangira umuhango ku mugaragaro wo gushyira hanze raporo yayo y’ibirego by’ihohoterwa by’uburenganzira bwa muntu bivugwa ko byakorewe muri iriya mijyi rigenzura, uwa Goma n’uwa Bukavu.

Iri tangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi w’iri huriro, Lawrence Kanyuka, rivuga ko iyi raporo yabo iri bwibande ku buhamya n’ibimenyetso bifatika, kandi bigamije gusubiza impungenge zagaragajwe n’imiryango mpuzamahanga, abaharanira uburenganzira bwa muntu, itangazamakuru, n’abandi bafatanyabikorwa bo mu gihugu imbere n’abo hanze.

AFC/M23 muri iri tangazo ivuga kandi ko yiyemeje kuba inyangamugayo, kwerekana ukuri no gushyira mu bikorwa inshingano zayo imbere y’itangazamakuru, sosiyete sivili n’amahanga, ari nayo mpamvu iki gikorwa cyateguwe mu buryo bw’icyubahiro.

Ibi bikaba biza gushyirwa ahagaragara binyuze mu muhango uzakubera mu mujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu masaha make ari imbere y’uyu munsi ku wa gatanu.

Tags: AFC/m23BukavuGomaraporo
Share58Tweet37Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi. Umunyapolitiki, Robert Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine, akaba arwanya ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yiswe Umurundi. Bikubiye mu butumwa...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?