• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, February 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 Yavuze Icyo Igiye Gukora Ku Ngabo z’u Burundi Ziri muri Kivu y’Epfo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 23, 2025
in Conflict & Security
0
Abarundi bo mu Kibaya cya Ruzizi Baratabaza AFC/M23, Basaba Umutekano n’Amahoro
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 Yavuze Icyo Igiye Gukora Ku Ngabo z’u Burundi Ziri muri Kivu y’Epfo

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ritazihanganira na busa ibikorwa ryashinje ingabo z’u Burundi biri kuvutsa abaturage bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo umutekano, ibiribwa n’uburenganzira bwo kubaho mu buryo buboneye.

Umunyamabanga Uhoraho wa AFC/M23, Benjamin Mbonimpa, yabwiye itangazamakuru ko iri huriro riri mu rugamba rwo “kurengera ubuzima n’inyungu z’Abanye-Congo,” kandi ko igihugu cyangwa ingabo zose zivanze mu bibazo byo mu gihugu bazazifata nk’umwanzi w’amahoro. Ati: “Nta na kimwe tuzihanganira.”

Mbonimpa yavuze ko AFC/M23 itazemera ko hari igihugu cyivanga mu bibazo by’imbere mu gihugu cyabo, cyane cyane igihe ibyo bikorwa bivutsa abaturage ibiribwa cyangwa bikagira uruhare mu bitero ku basivili.

Yagize ati:
“Turi gushaka umuti w’ibibazo by’Abanye-Congo. Umuntu wese cyangwa igihugu cyose cyivanga muri ibyo bibazo kiba kibangamiye amahoro, kandi ibyo ntabwo twabyemera.”

AFC/M23 ivuga ko ingabo z’u Burundi zifite uruhare mu bitero byakorewe mu Nturo no muri Ngungu muri teritware ya Masisi, ndetse ko zikomeje guhohotera abaturage, by’umwihariko abo mu misozi ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, aho zafunze inzira zose zerekezaga ku masoko abaturage bajyagamo guhahira.

AFC/M23 ivuga ko kuva ubu, ingabo z’u Burundi zizafatwa nk’umwanzi mu buryo bumwe n’ingabo za RDC mu gihe zizakomeza gushyira imbere intambara.

Mbonimpa ati:
“Mukwiye kuba mubizi ko turi mu ntambara na Leta y’u Burundi. Niba baje imbere badutera, tuzabafata kimwe n’ingabo za Congo.”

Ingabo z’u Burundi zimaze igihe zikorera muri RDC hashingiwe ku masezerano yo mu 2022, yavuguruwe muri 2023, yavugaga ko zagiye kurwanya imitwe yitwaje intwaro irwanya Leta y’i gihugu cyabo

Ariko kuva tariki 16/10/2025, izi ngabo zatangiye gufunga inzira zihuza Minembwe n’amasoko y’ibicuruzwa, bigaragara ko byateje ibura ry’ibiribwa n’izamuka ridasanzwe ry’ibiciro.

Umufuka w’isukari: $180 → $600Umunyu: $25 → $250
Umuceri: $50 → $250
Agakarito k’isabune: $18 → $50

AFC/M23 ivuga ko ibi bikorwa “bibangamiye uburenganzira bw’ingenzi bw’abaturage,” kandi ko igihe bizakomeza, bazabyitwaramo nk’ibikorwa by’intambara.

Isura y’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC irushaho kuzonga

Ibi birego bishya byiyongera ku bindi birego bimaze igihe bijya ku ngabo z’u Burundi, mu gihe imitwe myinshi yitwaje intwaro muri Kivu y’Epfo ikomeje kurwana ku buryo abaturage ari bo babigenderamo.

AFC/M23 ivuga ko ishyaka ryayo ari ugukomeza “kurengera abaturage,” mu gihe ubushyamirane bwo mu karere bukomeje gukinga mu nkokora amahoro n’umutekano.

Tags: AFC/m23Ingabo zu BurundiMasisiMinembwe
Share42Tweet26Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
RDC yemeje ko ifunze ba jenerali barenga 20

RDC yemeje ko ifunze ba jenerali barenga 20

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?