• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 Yigambye Gukubita ahababaza Ingabo z’u Burundi mu Ntambara Ikomeye i Kasika

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 30, 2025
in Conflict & Security
0
Bidasubirwaho: Abaturage Basabye Perezida Tshisekedi Kwirukana Ingabo z’u Burundi na FDLR mu Kibaya cya Ruzizi
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 Yigambye Gukubuta ahababaza Ingabo z’u Burundi mu Ntambara Ikomeye i Kasika

You might also like

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Umutwe wa AFC/M23* watangaje ku mugaragaro ko Ingabo zayo zahaye isomo rikomeye iz’u Burundi, ubwo impande zombi zahuriraga mu mirwano ikomeye yabereye mu gace ka Kasika, gaherereye muri teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ibi byemejwe na Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi w’ingabo za AFC/M23, zizwi nka ARC (Armée Révolutionnaire du Congo), mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X (Twitter).

Yagize ati:
“Birakwiye kumenyesha ko abasirikare benshi b’Abarundi bashyinguwe mu mva ziri i Kasika, nka hitwa shishi na Tabona, mbere yo gukubitwa bikomeye n’intare za Sarambwe.”

Nubwo Willy Ngoma atatangaje umubare w’abahaguye cyangwa bakomeretse, ariko yavuze ko ari igihombo gikomeye ku ngabo z’u Burundi, avuga ko “zahapfiriye kubera inyungu z’umuntu umwe,” agaragaza ko uwo muntu ari Perezida Evariste Ndayishimiye.

Yanakomeje agira ati:
“Ni isoni n’agahinda kubona abasirikare b’Abarundi bakomerekeye Kasika, Kirungutwe na Mwenga centre, birukankanwa kugeza i Walikale, bajyanwa ku ngufu i Kisangani ngo basubizwe iwabo.”

Iyi mirwano yabaye ku wa Gatatu tariki ya 26/11/2025, aho AFC/M23 yigaruriye Kasika, mu gihe FARDC na Wazalendo bari bahasanzwe bivugwa ko bahunze rugikubita basiga Ingabo z’u Burundi zonyine ku rugamba.

Aka gace gafatwa nk’ingenzi mu bice bya Kivu y’Amajyepfo, kakomeje kuba ikibuga cy’imirwano ishyamiranyije AFC/M23 n’uruhande ruri ku bufatanye n’ingabo za Leta ya RDC, zirimo n’iz’u Burundi zoherejwe mu rwego rwo gufasha izi za FARDC.

Iri tsinda rya AFC/M23 rikomeje gutsimbarara ku gukomeza ibikorwa bya gisirikare, impinduka zifatika mu miyoborere y’igihugu, mu gihe ibiganiro byo gushakira u Burasirazuba amahoro bikomeje gusubira inyuma.

Tags: AFC/m23Ingabo z'u BurundiKasikaMwenga
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
AFC/M23 Yafashe Agace k’Ingenzi muri Walikale

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryigaruriye...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe n’ibihugu byinshi byo ku mugabane w’u Burayi byongeye gusaba...

Read moreDetails

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails
Next Post
FARDC Yatwitse Ibirindiro bya Makanaki mu Misozi ya Uvira”

FARDC Yatwitse Ibirindiro bya Makanaki mu Misozi ya Uvira"

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?