• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
August 10, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu y’Amajyepfo.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rigamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryabohoje uduce dushya mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Uduce iri huriro ryigaruriye ni uduherereye muri teritware ya Walungu isanzwe ipakanye n’iya Uvira, Shabunda ndetse n’iya Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo.

Mu mirwano yasakiranye AFC /M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo ku wa kane no ku wa gatanu ndetse n’igitondo cyo ku wa gatandatu tariki ya 09/08/2025, niyo yahesheje uyu mutwe wa AFC/M23 gufata uduce dutandukanye two muri Walungu.

Utwo duce turimo aka Muramba kagabanya teritware ya Walungu n’iya Shabunda. Gufata aka gace biha amahirwe menshi uyu mutwe kwagurira ibirindiro byawo muri Shabunda imwe muri teritware za Kivu y’Amajyepfo zikungahaye cyane ku mabuye y’agaciro.

Utundi duce wafashe ni aka Nzibira nako gaherereyemo ikibuga cy’indege, Kaniola, Bwahungu, Cilumba na Muzinzi.

Ibyo gufata utu duce twingenzi, byemejwe na sosiyete sivili yo muri ibyo bice, aho yanashimangiye ko muri iriya minsi itatu twaramukiragamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izoroheje, ndetse ngo binatuma abaturage benshi bahunga berekeza mu bindi bice bitekanye.

Uyu mutwe wafashe turiya duce mu gihe ku wa gatanu wagombaga guhurira i Doha muri Qatar na Leta y’i Kinshasa mu biganiro bitaziguye biganisha impande zombi ku mahoro arambye.

Ku wakane abayobozi ba AFC/M23 bari batangaje ko batazitabira biriya biganiro, ngo kuko batahawe ubutumire bwabyo, ndetse kandi bagaragaza ko leta ya RDC itajya yubahiriza ibyo baba bumvikanye, bityo bavuga ko ntacyo n’ubundi bitanga.

Tags: AFC/m23Uduce dushyaWalunguyigaruriye
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

RDC n'u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?