• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Afrika y’Epfo impaka zikomeye ku ngabo zayo zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2025
in Regional Politics
0
Afrika y’Epfo impaka zikomeye ku ngabo zayo zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Afrika y’Epfo impaka zikomeye ku ngabo zayo zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Komisiyo ishinzwe umutekano mu nteko ishinga amategeko muri Afrika y’Epfo yahase ibibazo minisitiri w’ingabo ku kibazo cy’abasirikare b’iki gihugu boherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri iki kiganiro cyabaye ahar’ejo tariki ya 04/02/2025, minisiteri y’ingabo ya Afrika y’Epfo yari igihagarariwemo na minisitiri w’ungirije, ndetse n’umugaba w’ingabo z’iki gihugu, aho ndetse uyu mugaba mukuru w’ingabo yagitanzemo incamake y’uburyo Afrika y’Epfo yahawe misiyo yo kubungabunga amahoro muri RDC, iyihawe na SADC na Afrika Yunze ubumwe.

Bikaba byari bizwi ko iki kiganiro kiri buze kubera mu muhezo, birangira gishyizwe ku mugaragaragaro.

Ubwo bari mu kiganiro, uyu mugaba mukuru w’ingabo yahaswe ibibazo uburyo ingabo ze zageze muri RDC zifatanya n’iza Congo(FARDC) muntambara zihanganyemo n’umutwe wa M23 mu gihe bivugwa ko iz’i ngabo zagiye kubungabunga amahoro muri iki gihugu.

Ngwigitangaje M23 irabanesha ikaba yarabambuye umujyi wa Sake n’uwa Goma, ndetse kandi ifata n’ikibuga cy’indege cya Goma, ubundi kandi zigapfamo n’abasirikare 14 igakomeretsa abandi benshi.

Uyu mugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Afrika y’Epfo, yavuze ko ubu bari kuvugana n’umuryango w’Abibumbye ndetse na MONUSCO ngo babone uko bagera ku basirikare baguye ku rugamba, ariko banatware abakomeretse bavurwe.

Nyuma yabajijwe uburyo ingabo zabo zagiye kurugamba bitari ngombwa, ndetse ko bagombaga kubireka hakajyaho abandi, kuko Afrika y’Epfo atari yo byose.

Umwe wo muri iyo komisiyo yagize ati: “Tureke ibinyoma, ariko mutubwize ukuri kuko ibi birahangayikishije. Muratubwira ko ingabo zagiye mu gikorwa cyo kubungabunga amahoro, ariko turumva ko ingabo zagiye kurwana n’umwanzi, mu gihugu kindi? Muzi ko ubu ari ubuzima bw’ababyeyi, abavandimwe, abagabo n’abagore b’abandi bari gupfa?”

Undi nawe yarabajije ati: “Bimeze gute ko twumva ko perezida Cyril Ramaphosa yaba afite inyungu z’ibirombe acungira umutekano muri RDC.”

Hari n’undi wabajije ati: “Ese ko muvuga ngo abasirikare bacu bari muri misiyo ya Afrika Yunze ubumwe, ubundi kujya muri misiyo ya AU ni itegeko? Niba atari itegeko, kuki duhorayo? Kuki nta bandi bajyayo?”

Undi nanone yahamije ibyo bari kuvuga, agira ati: “Ntabwo twohereje abasore bacu mu gucunga umutekano, twabohereje mu ntambara, kandi bari gupfirayo.”

Undi mugenzi we yahise avuga ku kiganiro perezida Kagame w’u Rwanda aheruka kugirana na CNN aho yagaragaje ko iriya ntambara hari abayifitemo inyungu nyinshi, uyu mudepite ahita avuga ko izo nyungu na Afrika y’Epfo izifitemo.

Undi muri abo badepite yahise agira ati: “Turarambiwe gutakaza abasirikare bacu kubera inyungu z’amabuye y’agaciro ya perezida Cyril Ramaphosa n’umuryango we.”

Aba badepite bongeye kwibutsa minisitiri w’ingabo ko mu minsi yashyize yavuze ko ingengo y’imari y’igisikare cya Afrika y’Epfo ari ntoya, ariko bakaba bararenzeho bakajyana abasirikare ku rugamba, kandi badafite ibihagije.

Tags: Afrika y'EpfoFardcM23
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails
Next Post
Ibikorwa by’ubucuruzi i Goma biri gukorwa neza, menya ibirambuye.

Ibikorwa by'ubucuruzi i Goma biri gukorwa neza, menya ibirambuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?