• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Agace ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo riri guhungiramo kamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
May 24, 2024
in World News
0
Agace ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo riri guhungiramo kamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku munsi w’ejo hashize M23 yirukanyije ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi rihungira mu gace Kaina ko muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu mirwano ikaze yasakiranije uru hande rurwanira ubutegetsi bwa Kinshasa n’abarwanyi ba M23, bagamije gushiraho akadomo kanyuma ubu butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iy’i mirwano yageze mu bice byinshi byo muri teritware ya Masisi ndetse no mu bindi bice byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ay’a makuru yanemejwe n’umuvugizi w’Ingabo za FARDC mu karere ka 34 ariho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aho yahamije ko habaye imirwano ikomeye hagati ya M23 n’ingabo za RDC. Avuga ko iyi mirwano yabereye muri Bwemerimana no muri Minova.

Yagize ati: “Habaye imirwano iremereye ibera muri Bwemerimana ho muri teritware ya Masisi na Minova mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.”

Nk’uko amasoko yacu abivuga n’uko uru rugamba ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zaruhunzemo amasigamana zihungira mu gace ka Kaïna ko muri teritware ya Masisi.

Andi makuru akomeje kuvugwa n’uko uruhande rwa leta rukomeje gutangaza ko hari ibice rw’igaruriye, ariko ko ay’amakuru atari ukuri nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 yabibwiye Minembwe Capital News.

Hagati aho M23 ikomeje kuja imbere aho isatira ibice byinshi byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tubibutsa ko imisozi ya Kalehe yo muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, imaze hafi iby’u mweru bibiri iri mu maboko y’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

           MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoKaïnaRyahungiye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi n’u munyamabanga wa leta zunze ubumwe z’Amerika bagiranye ibiganiro bidasanzwe.

Perezida Félix Tshisekedi n'u munyamabanga wa leta zunze ubumwe z'Amerika bagiranye ibiganiro bidasanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?