• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 15, 2025
in Conflict & Security
0
Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y’Epfo benshi muri bo babigwamo
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Imitwe ibiri ya Wazalendo isanzwe ifatanya n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, yasubiranyemo i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Congo.

Imitwe ibiri yasubiranyemo umwe uyobowe na Makanaki, mu gihe undi na wo uyobowe na Nyerere.

Isubiranamo hagati y’iyi mitwe yombi ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, itariki ya 15/10/2025, ibera muri kamwe mu duce two mu Kibaya cya Rusizi.

Minembwe Capital News amakuru ikesha abaturage baherereye hafi n’aho byabereye, bayibwiye ko barwaniye neza mu gace ka Biriha.

Aka gace gaherereye hagati ya Runingu na Sange, mu gice cya Plaine dela Ruzizi, muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Bagize bati: ” Muri Biriba hari kumvikana intwaro nini n’into. Ni abarwanyi ba Makanaki basubiranyemo na ba Nyerere.”

Bavuga kandi ko na Makanaki ubwe yabaye muri iyi mirwano ni mu gihe yaje atabaye abarwanyi be bari basanzwe muri kariya gace.

Ati: “Na Makanaki yaje, yatabaye abarwanyi bo mu ruhande rwe. Ibintu birakomeye cyane.”

Kugeza ubu ntiharamenyekana icyateye uku gusubiranamo hagati y’iyi mitwe yombi ya Wazalendo.

Gusa hari abavuga ko bapfuye ukugenzura kariya gace ka Biriba.

Ku rundi ruhande i Luvungi naho haravugwa ukutumvikana hagati ya FARDC na Wazalendo.
Ni mu gihe aba Wazalendo, FARDC ibashinja kunyaga ihene z’abaturage, bikaviramo kwambikana hagati ya bo. Umusirikare umwe wo muri FARDC byarangiye ahasize ubuzima.

Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje kwiyongera muri FARDC na Wazalendo, umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bahuriraho bakayirwanya, iri kwisuganya mu rwego rwo kugira ngo ifate iki gice cya Uvira kikigenzurwa n’iri huriro ry’Ingabo zirwanirira guverinoma ya Kinshasa, zigizwe na FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR.

Mu cyumweru gishize guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo washyizweho na AFC/M23 yagiranye inama na batuye i Kamanyola, ababwira ko uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP uri hafi kujya kubohora Uvira.

Yanabwiye ko Gen Sultan Makenga, ko ari we wamutumye kubabwira ubwo butumwa.

Bityo, abizeza igitangaza cyo kwigarurira Uvira bakabohora abaturage bagize igihe batotezwa n’uruhande rwa Leta ya Congo.

Tags: BasubiranyemoFardcUviraWazalendo
Share37Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

Iby'ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?