• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’Ingabo za Congo, bwagaragarije Isi agahinda gakomeye.

minebwenews by minebwenews
January 30, 2025
in Regional Politics
0
Undi mu Jenerali ukomeye wo ku ruhande rwa Leta yishwe arashwe na M23.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’Ingabo za Congo, bwagaragarije Isi agahinda gakomeye.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, nyuma y’intambara iheruka kubera i Goma igasiga umutwe wa M23 wigaruriye uwo mujyi, bw’unamiye abasirikare babwo n’abarwanyi ba Wazalendo baherutse kugwa mu ntambara batsindiwemo na M23 i Goma, buvuga ko nubwo bakomeje kuhasiga ubuzima ariko ko bizeye kuzatsinda.

Ni byo ubuyobozi bwa FARDC bwashize mu itangazo ryo kunamira aba basirikare baheruka gupfira mu mirwano iheruka i Goma mu Burasirazuba bwa RDC. Muri iryo tangazo, FARDC ivuga ko ubutwari bwabahasize ubuzima ko ari urugero rwiza rwo gukunda igihugu.

Ubu buyobozi bwa FARDC kandi bwagaragaje ko n’ubwo umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Goma, ariko ko bwizeye kuzatsinda iyi ntambara imaze imyaka irenga itatu ihanganishije iki gisirikare cyabo n’uyu mutwe wa M23.

Bwagize buti: “FARDC n’abajene bakunda igihugu ba Wazalendo i Goma bakomeje kurinda ubusugire bw’igihugu cyacu. Umuhate wabo n’ubwitange bakoreye gukunda igihugu ni isoko y’ishema ry’Abanyekongo. Kandi tuzatsinda iyi ntambara.”

Itangazo rya Fardc ryo kunamira ababo baguye ku rugamba, rikomeza rigira riti: “Duhaye agaciro abasirikare bacu baguye ku rugamba.”

Nanone kandi ubu buyobozi bwa FARDC nti bwasize ijambo ubutegetsi bwa Leta yabwo iyobowe na perezida Félix Tshisekedi ikunze gukoresha ikavuga ko igihugu cyabo cyatewe n’u Rwanda, aho nabwo bwavuze ko abasirikare babo baguye ku rugamba bazize ubushotoranyi bw’u Rwanda.” Ndetse kandi iri tangazo rivuga ko”ubutwari bwabo batazabwibagirwa.”

Itangazo ry’ubuyobozi bw’iki gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, risoza rivuga ko bugitsimbaraye ku mirwano nubwo abasirikare b’iki gihugu bakomeje kuyitikiriramo, aho bwagize buti: “Gukunda igihugu cyangwa urupfu, ariko tuzatsinda.”

Bivugwa ko mu mirwano yabaye ubwo M23 yafataga umujyi wa Goma, abasirikare benshi n’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo, bahasize ubuzima, mu gihe hari n’abafashe icyemezo cyo kumanika amaboko bagahungira mu Rwanda, abandi i Bukavu, ndetse hari n’abahurutse Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo.

Muri aba babunze hari abagiye bagaragariza itangaza makuru agahinda k’ibyo baboneye ku rugamba, ndetse no kuba hari bagenzi babo batabashije gukomezanya nabo.

Tags: FardcGomaItangazo
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.

Urujya n'uruza rw'abantu n'imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?