• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’Ingabo za Congo, bwagaragarije Isi agahinda gakomeye.

minebwenews by minebwenews
January 30, 2025
in Regional Politics
0
Undi mu Jenerali ukomeye wo ku ruhande rwa Leta yishwe arashwe na M23.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’Ingabo za Congo, bwagaragarije Isi agahinda gakomeye.

Ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, nyuma y’intambara iheruka kubera i Goma igasiga umutwe wa M23 wigaruriye uwo mujyi, bw’unamiye abasirikare babwo n’abarwanyi ba Wazalendo baherutse kugwa mu ntambara batsindiwemo na M23 i Goma, buvuga ko nubwo bakomeje kuhasiga ubuzima ariko ko bizeye kuzatsinda.

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Ni byo ubuyobozi bwa FARDC bwashize mu itangazo ryo kunamira aba basirikare baheruka gupfira mu mirwano iheruka i Goma mu Burasirazuba bwa RDC. Muri iryo tangazo, FARDC ivuga ko ubutwari bwabahasize ubuzima ko ari urugero rwiza rwo gukunda igihugu.

Ubu buyobozi bwa FARDC kandi bwagaragaje ko n’ubwo umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Goma, ariko ko bwizeye kuzatsinda iyi ntambara imaze imyaka irenga itatu ihanganishije iki gisirikare cyabo n’uyu mutwe wa M23.

Bwagize buti: “FARDC n’abajene bakunda igihugu ba Wazalendo i Goma bakomeje kurinda ubusugire bw’igihugu cyacu. Umuhate wabo n’ubwitange bakoreye gukunda igihugu ni isoko y’ishema ry’Abanyekongo. Kandi tuzatsinda iyi ntambara.”

Itangazo rya Fardc ryo kunamira ababo baguye ku rugamba, rikomeza rigira riti: “Duhaye agaciro abasirikare bacu baguye ku rugamba.”

Nanone kandi ubu buyobozi bwa FARDC nti bwasize ijambo ubutegetsi bwa Leta yabwo iyobowe na perezida Félix Tshisekedi ikunze gukoresha ikavuga ko igihugu cyabo cyatewe n’u Rwanda, aho nabwo bwavuze ko abasirikare babo baguye ku rugamba bazize ubushotoranyi bw’u Rwanda.” Ndetse kandi iri tangazo rivuga ko”ubutwari bwabo batazabwibagirwa.”

Itangazo ry’ubuyobozi bw’iki gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, risoza rivuga ko bugitsimbaraye ku mirwano nubwo abasirikare b’iki gihugu bakomeje kuyitikiriramo, aho bwagize buti: “Gukunda igihugu cyangwa urupfu, ariko tuzatsinda.”

Bivugwa ko mu mirwano yabaye ubwo M23 yafataga umujyi wa Goma, abasirikare benshi n’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo, bahasize ubuzima, mu gihe hari n’abafashe icyemezo cyo kumanika amaboko bagahungira mu Rwanda, abandi i Bukavu, ndetse hari n’abahurutse Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo.

Muri aba babunze hari abagiye bagaragariza itangaza makuru agahinda k’ibyo baboneye ku rugamba, ndetse no kuba hari bagenzi babo batabashije gukomezanya nabo.

Tags: FardcGomaItangazo

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post
Urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.

Urujya n'uruza rw'abantu n'imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?