• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agezweho i Uvira muri Kivu y’Epfo mu Burasizuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho i Uvira muri Kivu y’Epfo mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse guverineri w’i ntara ya Kivu y’Epfo gukomereza imirimo ye muri Uvira nyuma yuko i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’iyi ntara hafashwe n’umutwe wa m23.

Perusi, guverineri w’i ntara ya Kivu y’Epfo yahuze i Bukavu mbere yuko hafatwa na m23.
Ni mu gihe icyo gice cyafahwe mu minsi mike ishize.

Ibiro bya guverineri w’iyi ntara byemeje aya makuru kandi bitangaza ko na perezida Felix Tshisekedi ubwe yategetse guverineri gukomeza imirimo ye i Uvira.

Mu butumwa bwana Perusi usanzwe ari n’Umwalimu wigisha muri za kaminuza, yavuze ko ubu akorera i Uvira, kandi ko ategereje ko ingabo z’iki gihugu zisubirana intara yose.

Nubwo Perusi yatangaje ko agiye gukorera i Uvira ariko kuva m23 yafata i Bukavu, umujyi wa Uvira waranzwemo umutekano muke ushoboka, abawuturiye bavuga ko watewe n’imirwano hagati y’ingabo za Fardc zahahungiye nyuma yuko zitsinzwe i Bukavu.

Bavuga ko Wazalendo bari basanzwe i Uvira bashatse kwa mbura intwaro ziriya ngabo zari zahunze muri Bukavu nazo zikanga bikaviramo kurwana.

Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo m23 yafata umujyi wa Kamanyola uri hafi na Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi muri uwo mujyi wa Uvira.

Amashusho amwe yagiye hanze yagaragaje abasirikare ba Fardc bamwe burira ubwato bivugwa ko bahungiye i Kalemi umujyi muto nawo uherereye ku kiyaga cya Tanganyika mu ntara ya Tanganyika.

Abaturage babarirwa mu bihumbi n’abo bahungiye i Bujumbura mu Burundi.
Ikitari kizwi ni aho guverineri w’iyi ntara yari yarahungiye , bamwe bavuga ko yari yarahungiye i Burundi, ariko ejo hashyize nibwo yatangaje ko agiye gukorera i Uvira.

Hagataho muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane, amakuru Minembwe.com yabashe kumenya nuko amasasu yabashe kumvikana ku bwinshi mu Kibaya cya Rusizi ahari abarwanyi bo muri Wazalendo.

Bikavugwa ko aba barwanyi barimo barasa berekeza i Kamanyola ahari m23, abagize uyu mutwe n’abo bakaza kubasubiza, ariko bikaba bitamaze umwanya munini, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Tags: M23Uvira
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n’abayobozi.

Iby'igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n'abayobozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?