• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agezweho i Uvira muri Kivu y’Epfo mu Burasizuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho i Uvira muri Kivu y’Epfo mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse guverineri w’i ntara ya Kivu y’Epfo gukomereza imirimo ye muri Uvira nyuma yuko i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’iyi ntara hafashwe n’umutwe wa m23.

Perusi, guverineri w’i ntara ya Kivu y’Epfo yahuze i Bukavu mbere yuko hafatwa na m23.
Ni mu gihe icyo gice cyafahwe mu minsi mike ishize.

Ibiro bya guverineri w’iyi ntara byemeje aya makuru kandi bitangaza ko na perezida Felix Tshisekedi ubwe yategetse guverineri gukomeza imirimo ye i Uvira.

Mu butumwa bwana Perusi usanzwe ari n’Umwalimu wigisha muri za kaminuza, yavuze ko ubu akorera i Uvira, kandi ko ategereje ko ingabo z’iki gihugu zisubirana intara yose.

Nubwo Perusi yatangaje ko agiye gukorera i Uvira ariko kuva m23 yafata i Bukavu, umujyi wa Uvira waranzwemo umutekano muke ushoboka, abawuturiye bavuga ko watewe n’imirwano hagati y’ingabo za Fardc zahahungiye nyuma yuko zitsinzwe i Bukavu.

Bavuga ko Wazalendo bari basanzwe i Uvira bashatse kwa mbura intwaro ziriya ngabo zari zahunze muri Bukavu nazo zikanga bikaviramo kurwana.

Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo m23 yafata umujyi wa Kamanyola uri hafi na Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi muri uwo mujyi wa Uvira.

Amashusho amwe yagiye hanze yagaragaje abasirikare ba Fardc bamwe burira ubwato bivugwa ko bahungiye i Kalemi umujyi muto nawo uherereye ku kiyaga cya Tanganyika mu ntara ya Tanganyika.

Abaturage babarirwa mu bihumbi n’abo bahungiye i Bujumbura mu Burundi.
Ikitari kizwi ni aho guverineri w’iyi ntara yari yarahungiye , bamwe bavuga ko yari yarahungiye i Burundi, ariko ejo hashyize nibwo yatangaje ko agiye gukorera i Uvira.

Hagataho muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane, amakuru Minembwe.com yabashe kumenya nuko amasasu yabashe kumvikana ku bwinshi mu Kibaya cya Rusizi ahari abarwanyi bo muri Wazalendo.

Bikavugwa ko aba barwanyi barimo barasa berekeza i Kamanyola ahari m23, abagize uyu mutwe n’abo bakaza kubasubiza, ariko bikaba bitamaze umwanya munini, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Tags: M23Uvira
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n’abayobozi.

Iby'igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n'abayobozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?