• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agezweho i Uvira muri Kivu y’Epfo mu Burasizuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho i Uvira muri Kivu y’Epfo mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse guverineri w’i ntara ya Kivu y’Epfo gukomereza imirimo ye muri Uvira nyuma yuko i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’iyi ntara hafashwe n’umutwe wa m23.

Perusi, guverineri w’i ntara ya Kivu y’Epfo yahuze i Bukavu mbere yuko hafatwa na m23.
Ni mu gihe icyo gice cyafahwe mu minsi mike ishize.

Ibiro bya guverineri w’iyi ntara byemeje aya makuru kandi bitangaza ko na perezida Felix Tshisekedi ubwe yategetse guverineri gukomeza imirimo ye i Uvira.

Mu butumwa bwana Perusi usanzwe ari n’Umwalimu wigisha muri za kaminuza, yavuze ko ubu akorera i Uvira, kandi ko ategereje ko ingabo z’iki gihugu zisubirana intara yose.

Nubwo Perusi yatangaje ko agiye gukorera i Uvira ariko kuva m23 yafata i Bukavu, umujyi wa Uvira waranzwemo umutekano muke ushoboka, abawuturiye bavuga ko watewe n’imirwano hagati y’ingabo za Fardc zahahungiye nyuma yuko zitsinzwe i Bukavu.

Bavuga ko Wazalendo bari basanzwe i Uvira bashatse kwa mbura intwaro ziriya ngabo zari zahunze muri Bukavu nazo zikanga bikaviramo kurwana.

Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo m23 yafata umujyi wa Kamanyola uri hafi na Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi muri uwo mujyi wa Uvira.

Amashusho amwe yagiye hanze yagaragaje abasirikare ba Fardc bamwe burira ubwato bivugwa ko bahungiye i Kalemi umujyi muto nawo uherereye ku kiyaga cya Tanganyika mu ntara ya Tanganyika.

Abaturage babarirwa mu bihumbi n’abo bahungiye i Bujumbura mu Burundi.
Ikitari kizwi ni aho guverineri w’iyi ntara yari yarahungiye , bamwe bavuga ko yari yarahungiye i Burundi, ariko ejo hashyize nibwo yatangaje ko agiye gukorera i Uvira.

Hagataho muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane, amakuru Minembwe.com yabashe kumenya nuko amasasu yabashe kumvikana ku bwinshi mu Kibaya cya Rusizi ahari abarwanyi bo muri Wazalendo.

Bikavugwa ko aba barwanyi barimo barasa berekeza i Kamanyola ahari m23, abagize uyu mutwe n’abo bakaza kubasubiza, ariko bikaba bitamaze umwanya munini, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Tags: M23Uvira
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n’abayobozi.

Iby'igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n'abayobozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?