• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Agezweho ku ntambara ihanganishije Israel na Iran ku munsi wayo wa 6.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in World News
0
Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho ku ntambara ihanganishije Israel na Iran ku munsi wayo wa 6.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Indege za Israel 50 zarashe i Tehran kuri uyu munsi ugira uwa gatandatu ibihugu byombi biri guhungana mu buryo budasanzwe.

Amakuru avuga ko uyu munsi Israel yarashe ahantu 20 hakorerwa intwaro za misile n’ahatunganyirizwa iby’ibanze mu gukora intwaro za nucléaire, iharasisha indege zayo 50.

Aya makuru akomeza avuga ko buri ruhande rukora ibitero ku rwabo amasaha y’ijoro nubwo n’igihe cy’amanywa babikora bitaricyane.

Itangazo igisirikare cya Israel cyashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 18/06/2025, rimenyesha ko indege zacyo z’i ntambara 50 ziyobowe n’urwego rw’ubutasi, zarashe ku bikorwa remezo bitandukanye by’igisirare cya Iran.

Ni itangazo ryakomeje rivuga ko yarashe ahari imashini zifashishwa mu kuvangura ibinyabutabire birimo uranium ifasha gukora intwaro kirimbuzi, n’ibisasu bya misile byose bigamije gukorerwa muri iki gihugu cya Iran.

Itangazo ryagize riti: “Iran yarimo irategura uranium yo gukora ibisasu bya misile.”

Ubundi kandi Israel yavuze ko kuri uyu wa gatatu yahanuye drones 10 za Iran.

Hari nyuma y’aho hari amakuru avuga ko Iran iri gutegura kugaba ibitero i Tel Aviv.

Ku rundi ruhande, Iran na yo yateye ibisasu i Tel Aviv, kandi ngo yaharashe inshuro zibiri aho yarimo ikoresha misile zikaze.

Ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko uyu munsi i Tel Aviv humvikanye uguturika kw’intwaro ziremereye cyane.

Ibyatumye Israel ihita imenyesha abatuye mu bice byo mu majy’Epfo y’uburengerazuba bwa Tehran guhunga kuko igisirikare cyayo kirwanira mu kirere giteganya kuhagaba ibitero bikomeye ku bikorwa by’ingabo za Iran.

Umuyobozi w’urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko Iran ari cyo gihugu gifite ibisasu bya misile byinshi mu Burasizuba bwo hagati, ndetse na Iran yahamije ko ibisasu ifite byayifasha guhangana na Israel, Amerika n’ibindi bihugu byashaka kuyitambika.

Hanyuma Iran na yo itangaza ko urugamba ko ariho rugitangira, ari na bwo yahise itera ibisasu bikaze i Tel Aviv.

Umuyobozi mukuru wa Iran, Khmenei Ayatollah, yatangaje ati: “Mu izina rya Haidar, urugamba ruratangiye.”

Ni mu gihe kandi hari ibitangazamakuru byo mu Burasirazuba bwo hagati byatangaje ko Israel ubushobozi bwayo bwo gupfubya misile za Iran buri kugenda bucyogora.

Iran ikaba na yo yatangaje ko ibisasu byayo biremereye byananiye Israel kubihagarika.

CNN yatangaje ko igisirikare cya Amerika kirwanira mu mazi, USA navy, biteganyijwe ko kijyana amato abiri manini atwaye indege z’intambara mu gace Israel iherereyemo.

Tags: IbiteroIranIsrael
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?