• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Agezweho ku ntambara ihanganishije Israel na Iran ku munsi wayo wa 6.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in World News
0
Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho ku ntambara ihanganishije Israel na Iran ku munsi wayo wa 6.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Indege za Israel 50 zarashe i Tehran kuri uyu munsi ugira uwa gatandatu ibihugu byombi biri guhungana mu buryo budasanzwe.

Amakuru avuga ko uyu munsi Israel yarashe ahantu 20 hakorerwa intwaro za misile n’ahatunganyirizwa iby’ibanze mu gukora intwaro za nucléaire, iharasisha indege zayo 50.

Aya makuru akomeza avuga ko buri ruhande rukora ibitero ku rwabo amasaha y’ijoro nubwo n’igihe cy’amanywa babikora bitaricyane.

Itangazo igisirikare cya Israel cyashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 18/06/2025, rimenyesha ko indege zacyo z’i ntambara 50 ziyobowe n’urwego rw’ubutasi, zarashe ku bikorwa remezo bitandukanye by’igisirare cya Iran.

Ni itangazo ryakomeje rivuga ko yarashe ahari imashini zifashishwa mu kuvangura ibinyabutabire birimo uranium ifasha gukora intwaro kirimbuzi, n’ibisasu bya misile byose bigamije gukorerwa muri iki gihugu cya Iran.

Itangazo ryagize riti: “Iran yarimo irategura uranium yo gukora ibisasu bya misile.”

Ubundi kandi Israel yavuze ko kuri uyu wa gatatu yahanuye drones 10 za Iran.

Hari nyuma y’aho hari amakuru avuga ko Iran iri gutegura kugaba ibitero i Tel Aviv.

Ku rundi ruhande, Iran na yo yateye ibisasu i Tel Aviv, kandi ngo yaharashe inshuro zibiri aho yarimo ikoresha misile zikaze.

Ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko uyu munsi i Tel Aviv humvikanye uguturika kw’intwaro ziremereye cyane.

Ibyatumye Israel ihita imenyesha abatuye mu bice byo mu majy’Epfo y’uburengerazuba bwa Tehran guhunga kuko igisirikare cyayo kirwanira mu kirere giteganya kuhagaba ibitero bikomeye ku bikorwa by’ingabo za Iran.

Umuyobozi w’urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko Iran ari cyo gihugu gifite ibisasu bya misile byinshi mu Burasizuba bwo hagati, ndetse na Iran yahamije ko ibisasu ifite byayifasha guhangana na Israel, Amerika n’ibindi bihugu byashaka kuyitambika.

Hanyuma Iran na yo itangaza ko urugamba ko ariho rugitangira, ari na bwo yahise itera ibisasu bikaze i Tel Aviv.

Umuyobozi mukuru wa Iran, Khmenei Ayatollah, yatangaje ati: “Mu izina rya Haidar, urugamba ruratangiye.”

Ni mu gihe kandi hari ibitangazamakuru byo mu Burasirazuba bwo hagati byatangaje ko Israel ubushobozi bwayo bwo gupfubya misile za Iran buri kugenda bucyogora.

Iran ikaba na yo yatangaje ko ibisasu byayo biremereye byananiye Israel kubihagarika.

CNN yatangaje ko igisirikare cya Amerika kirwanira mu mazi, USA navy, biteganyijwe ko kijyana amato abiri manini atwaye indege z’intambara mu gace Israel iherereyemo.

Tags: IbiteroIranIsrael
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?