Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ahamaze iminsi habera urugamba hari ibyahindutse hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 17, 2025
in Religion
0
Ahamaze iminsi habera urugamba hari ibyahindutse hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ahamaze iminsi habera urugamba hari ibyahindutse hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Habonetse agahenge mu bice byo muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahari hamaze iminsi havugwa imirwano hagati y’u mutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, ariko M23 ikaba ikomeje kuja imbere.

Amakuru ava i Masisi yo kuri uyu wa gatanu tariki ya 17/01/2025 avuga ko mu bice byose habonetse ituze bitandukanye n’indi minsi ishize kuko yo humvikanaga ibiturika byinshi impande zose.

Iri tuze ribonetse mu gihe ku wa kane w’ejo hashize hari hiriwe imirwano ikaze yahuzaga M23 n’ingabo za Congo zifashwa n’iz’u Burundi, Wazalendo na FDLR ndetse na Bacanshuro barimo abaturutse i Burayi no muri Aziya.

Kimwecyo, aka gahenge nubwo kabonetse perezida wa sosiyete sivile y’i Masisi yatangaje ko buri ruhande ruri kugashakishamo imbaraga kugira ngo rw’ubure ibitero bundi bushya mu rwego rwo gushakisha kwagura ibice rugenzura.

Yagize ati: “Muri iki gitondo, harasa n’ahabonetse agahenge muri Masisi, ariko M23 abarwanyi bayo bakomeje kwigira imbere bagera muri Kami-Lwanguba, Mashaki, Kironge na Buserekere. Urebye basa n’abagiye kwigarurira igice kinini cya Buabo ari na ko bakomeza berecyeza Kilambo.”

Uyu muyobozi wa sosiyete sivile yakomeje avuga ko Wazalendo bo bari mu bice bya Luashi no mu bice bikikije agace ka Kohongole, ugana muri Kahanga na Kasura, mu gihe hari n’abandi barwanyi ba Wazalendo bari mu gace ka Buabo, ndetse ari na bo bakomeje guhunga M23.

Yanavuze ko Masisi centre n’ibindi bice byaho hafi bikiri mu maboko ya M23.

Tags: FardcMasisi
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.

Uko byifashe mu Bibogobogo aharaye hageze ingabo nyinshi z'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?