• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z’u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Twirwaneho yakubitaguye kubi ingabo z’u Burundi i Gashama.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z’u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Nyuma y’aho m23 ifashe umujyi wa Kaziba yakomeje kwirukana ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo ingabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo mu misozi igana mu Rurambo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 11/03/2025, ni bwo ingabo ziyobowe na Maj.Gen. Sultan Makenga zafashe i Kaziba.

Igice cya Kaziba giherereye muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ubwo uyu mutwe wari umaze gufata iki gice, ucyirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Congo, wahise ukomeza kwirukana ririya huriro.

Minembwe Capital News yamenye ko kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe bari kurasira ziriya ngabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo mu misozi yitwa “Kaya.” Iyi misozi ikaba igabanya igice gituwe n’Abashi cya Kaziba, n’imisozi ya Rurambo ituwe n’Abanyamulenge.

Abaturiye ibyo bice bagize bati: “N’ubu turi kumva urusaku rw’imbunda. Hari kumvikana ibi bombe binini biri guturika. M23 yakomeje kwirukana ingabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo.”

Aya makuru anavuga ko m23 yamaze guhura na Twirwaneho, aho ubufatanye bw’iyi mitwe ibiri bugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Andi makuru avuga ko ingabo z’u Burundi zinutse i Gatobwe izindi zirimo FDLR na Wazalendo zituruka i Kogogo. Bikavugwa ko zishaka kugaba ibitero mu Rurambo mu rwego rwo kubuza m23 na Twirwaneho gukomeza kugana imbere, aho zitinya ko iyi mitwe igihe yoramuka ifashe Rurambo bizayorohera gufata i Ndondo ya Bijombo ndetse n’igice cyo mu Cyohagati, bityo gufata i Uvira iturutse mu misozi miremire nabyo ngo bikaba byayorohera.

Hagataho, ubwoba ni bwinshi ku baturiye mu Rurambo, ariko kandi kurundi ruhande bishimiye ko umutwe wa m23 ubageraho, kuko uyu mutwe ufatwa nk’umucyunguzi w’Abanyamulenge.

Tags: akagaIngabo z'u BurundiM23Mu Misozi
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

Iby'ikiganiro Tshisekedi yagiranye n'intumwa idasanzwe ya LONI.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?