Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z’u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Twirwaneho yakubitaguye kubi ingabo z’u Burundi i Gashama.
122
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z’u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Nyuma y’aho m23 ifashe umujyi wa Kaziba yakomeje kwirukana ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo ingabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo mu misozi igana mu Rurambo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 11/03/2025, ni bwo ingabo ziyobowe na Maj.Gen. Sultan Makenga zafashe i Kaziba.

Igice cya Kaziba giherereye muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ubwo uyu mutwe wari umaze gufata iki gice, ucyirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Congo, wahise ukomeza kwirukana ririya huriro.

Minembwe Capital News yamenye ko kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe bari kurasira ziriya ngabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo mu misozi yitwa “Kaya.” Iyi misozi ikaba igabanya igice gituwe n’Abashi cya Kaziba, n’imisozi ya Rurambo ituwe n’Abanyamulenge.

Abaturiye ibyo bice bagize bati: “N’ubu turi kumva urusaku rw’imbunda. Hari kumvikana ibi bombe binini biri guturika. M23 yakomeje kwirukana ingabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo.”

Aya makuru anavuga ko m23 yamaze guhura na Twirwaneho, aho ubufatanye bw’iyi mitwe ibiri bugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Andi makuru avuga ko ingabo z’u Burundi zinutse i Gatobwe izindi zirimo FDLR na Wazalendo zituruka i Kogogo. Bikavugwa ko zishaka kugaba ibitero mu Rurambo mu rwego rwo kubuza m23 na Twirwaneho gukomeza kugana imbere, aho zitinya ko iyi mitwe igihe yoramuka ifashe Rurambo bizayorohera gufata i Ndondo ya Bijombo ndetse n’igice cyo mu Cyohagati, bityo gufata i Uvira iturutse mu misozi miremire nabyo ngo bikaba byayorohera.

Hagataho, ubwoba ni bwinshi ku baturiye mu Rurambo, ariko kandi kurundi ruhande bishimiye ko umutwe wa m23 ubageraho, kuko uyu mutwe ufatwa nk’umucyunguzi w’Abanyamulenge.

Tags: akagaIngabo z'u BurundiM23Mu Misozi
Share49Tweet31Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

Iby'ikiganiro Tshisekedi yagiranye n'intumwa idasanzwe ya LONI.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?