• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z’u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2025
in Regional Politics
0
Twirwaneho yakubitaguye kubi ingabo z’u Burundi i Gashama.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akaga gakomeye gakomeje kuba ku ngabo z’u Burundi aho zihanganiye na m23 mu misozi.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Nyuma y’aho m23 ifashe umujyi wa Kaziba yakomeje kwirukana ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo ingabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo mu misozi igana mu Rurambo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 11/03/2025, ni bwo ingabo ziyobowe na Maj.Gen. Sultan Makenga zafashe i Kaziba.

Igice cya Kaziba giherereye muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ubwo uyu mutwe wari umaze gufata iki gice, ucyirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Congo, wahise ukomeza kwirukana ririya huriro.

Minembwe Capital News yamenye ko kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe bari kurasira ziriya ngabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo mu misozi yitwa “Kaya.” Iyi misozi ikaba igabanya igice gituwe n’Abashi cya Kaziba, n’imisozi ya Rurambo ituwe n’Abanyamulenge.

Abaturiye ibyo bice bagize bati: “N’ubu turi kumva urusaku rw’imbunda. Hari kumvikana ibi bombe binini biri guturika. M23 yakomeje kwirukana ingabo z’u Burundi, iza Congo, FDLR na Wazalendo.”

Aya makuru anavuga ko m23 yamaze guhura na Twirwaneho, aho ubufatanye bw’iyi mitwe ibiri bugamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Andi makuru avuga ko ingabo z’u Burundi zinutse i Gatobwe izindi zirimo FDLR na Wazalendo zituruka i Kogogo. Bikavugwa ko zishaka kugaba ibitero mu Rurambo mu rwego rwo kubuza m23 na Twirwaneho gukomeza kugana imbere, aho zitinya ko iyi mitwe igihe yoramuka ifashe Rurambo bizayorohera gufata i Ndondo ya Bijombo ndetse n’igice cyo mu Cyohagati, bityo gufata i Uvira iturutse mu misozi miremire nabyo ngo bikaba byayorohera.

Hagataho, ubwoba ni bwinshi ku baturiye mu Rurambo, ariko kandi kurundi ruhande bishimiye ko umutwe wa m23 ubageraho, kuko uyu mutwe ufatwa nk’umucyunguzi w’Abanyamulenge.

Tags: akagaIngabo z'u BurundiM23Mu Misozi
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ikiganiro Tshisekedi yagiranye n’intumwa idasanzwe ya LONI.

Iby'ikiganiro Tshisekedi yagiranye n'intumwa idasanzwe ya LONI.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?