Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni agace ka Sudzha ko mu Burusiya ka maze kwigarurirwa n’igisirikare cya Ukraine, kandi izi ngabo za Ukraine zikomeje kuja imbere, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’abategetsi bo muri Ukraine.

Agace ka Sudzha gasanzwe gatuwe n’abaturage babarirwa 5.000 b’u Burusiya, aka gace kakaba katari kure n’umujyi wa Kursk nawo uheruka kw’igarurirwa n’iki gisirikare cya Ukraine.

Amakuru akomeje gutangwa n’abategetsi bo muri Ukraine, avuga ko aka gace ka Sudzha kwariko gace kanini mu duce twose ingabo zabo zimaze kwambura igisirikare cy’u Burusiya, kuva ibitero by’ingengo za Ukraine byambutse umupaka w’u Burusiya.

Byanavuzwe kandi ko aka gace gaherereye ku masangano y’umuyoboro munini wa gaz y’iki gihugu cy’u Burusiya, nk’uko binavugwa kandi aka gace gaherereye aherekeza i Burayi, uwomuyobora ukaba witwa Druzhba nk’uko byatangajwe na Euronews.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko ingabo ze ko zihita zishiraho ibiro bizaja bigenzura aka gace ka Sudzha, ibyo bikaba byerekana ko Ukraine ishobora kuba iteganya kuguma mu karere ka Kursk igihe kirekire cyangwa kwereka ubutegetsi bwa Moscow ko byose bishoboka.

Gusa, perezida wa Ukraine Zelensky ntiyasobanuye neza imirimo ibyo biro bizibandaho. Ikindi Ukraine ngo yiteguye guha inkunga abaturage bo muri aka gace ka Sudzha.

               MCN.
Tags: Akandi gaceIngabo za UkraineMu Burusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Menya Impamvu inyoni yitwa Kagoma ikunze gukoreshwa ku biranga ntego byinshi, harimo n’iby’ibihugu.

Menya Impamvu inyoni yitwa Kagoma ikunze gukoreshwa ku biranga ntego byinshi, harimo n'iby'ibihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?