• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni agace ka Sudzha ko mu Burusiya ka maze kwigarurirwa n’igisirikare cya Ukraine, kandi izi ngabo za Ukraine zikomeje kuja imbere, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’abategetsi bo muri Ukraine.

Agace ka Sudzha gasanzwe gatuwe n’abaturage babarirwa 5.000 b’u Burusiya, aka gace kakaba katari kure n’umujyi wa Kursk nawo uheruka kw’igarurirwa n’iki gisirikare cya Ukraine.

Amakuru akomeje gutangwa n’abategetsi bo muri Ukraine, avuga ko aka gace ka Sudzha kwariko gace kanini mu duce twose ingabo zabo zimaze kwambura igisirikare cy’u Burusiya, kuva ibitero by’ingengo za Ukraine byambutse umupaka w’u Burusiya.

Byanavuzwe kandi ko aka gace gaherereye ku masangano y’umuyoboro munini wa gaz y’iki gihugu cy’u Burusiya, nk’uko binavugwa kandi aka gace gaherereye aherekeza i Burayi, uwomuyobora ukaba witwa Druzhba nk’uko byatangajwe na Euronews.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko ingabo ze ko zihita zishiraho ibiro bizaja bigenzura aka gace ka Sudzha, ibyo bikaba byerekana ko Ukraine ishobora kuba iteganya kuguma mu karere ka Kursk igihe kirekire cyangwa kwereka ubutegetsi bwa Moscow ko byose bishoboka.

Gusa, perezida wa Ukraine Zelensky ntiyasobanuye neza imirimo ibyo biro bizibandaho. Ikindi Ukraine ngo yiteguye guha inkunga abaturage bo muri aka gace ka Sudzha.

               MCN.
Tags: Akandi gaceIngabo za UkraineMu Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Menya Impamvu inyoni yitwa Kagoma ikunze gukoreshwa ku biranga ntego byinshi, harimo n’iby’ibihugu.

Menya Impamvu inyoni yitwa Kagoma ikunze gukoreshwa ku biranga ntego byinshi, harimo n'iby'ibihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?