• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 27, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akandi gace gakomeye ko mu Burusiya kafashwe n’ingabo za Ukraine.

Ni agace ka Sudzha ko mu Burusiya ka maze kwigarurirwa n’igisirikare cya Ukraine, kandi izi ngabo za Ukraine zikomeje kuja imbere, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’abategetsi bo muri Ukraine.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Agace ka Sudzha gasanzwe gatuwe n’abaturage babarirwa 5.000 b’u Burusiya, aka gace kakaba katari kure n’umujyi wa Kursk nawo uheruka kw’igarurirwa n’iki gisirikare cya Ukraine.

Amakuru akomeje gutangwa n’abategetsi bo muri Ukraine, avuga ko aka gace ka Sudzha kwariko gace kanini mu duce twose ingabo zabo zimaze kwambura igisirikare cy’u Burusiya, kuva ibitero by’ingengo za Ukraine byambutse umupaka w’u Burusiya.

Byanavuzwe kandi ko aka gace gaherereye ku masangano y’umuyoboro munini wa gaz y’iki gihugu cy’u Burusiya, nk’uko binavugwa kandi aka gace gaherereye aherekeza i Burayi, uwomuyobora ukaba witwa Druzhba nk’uko byatangajwe na Euronews.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko ingabo ze ko zihita zishiraho ibiro bizaja bigenzura aka gace ka Sudzha, ibyo bikaba byerekana ko Ukraine ishobora kuba iteganya kuguma mu karere ka Kursk igihe kirekire cyangwa kwereka ubutegetsi bwa Moscow ko byose bishoboka.

Gusa, perezida wa Ukraine Zelensky ntiyasobanuye neza imirimo ibyo biro bizibandaho. Ikindi Ukraine ngo yiteguye guha inkunga abaturage bo muri aka gace ka Sudzha.

               MCN.
Tags: Akandi gaceIngabo za UkraineMu Burusiya

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post
Menya Impamvu inyoni yitwa Kagoma ikunze gukoreshwa ku biranga ntego byinshi, harimo n’iby’ibihugu.

Menya Impamvu inyoni yitwa Kagoma ikunze gukoreshwa ku biranga ntego byinshi, harimo n'iby'ibihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • AFC-M23 adresse un message fort à Kinshasa après la suspension des activités académiques à Goma et Bukavu
  • AFC-M23 ivuze ijambo rikomeye kuri Kinshasa nyuma yo guhagarika amashuri i Goma na Bukavu
  • Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?