• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Akandi gace kavuzwemo imirwano ikomeye muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akandi gace kavuzwemo imirwano ikomeye muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

Nyuma y’aho hagiye haba imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Congo n’umutwe wa AFC/M23 mu duce dutandukanye two muri teritware ya Walungu, Kabare na Kalehe mu cyumweru gishize n’icyo hirya, ariko ikanyuzamo igasa nihagaze, hari akandi gace ko muri Kabare kabereyemo ihangana rikomeye hagati yaziriya mpande zombi.

Ni imirwano amakuru agaragaza ko yabaye ku gicamunsi cy’ejo ku cyumweru tariki ya 13/07/2025, ndetse ko no muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere humvikanye ibintu biturika cyane.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga ni uko iyo mirwano yabereye i Kahunga, agace katari mu ntera ndende uvuye i Katana hafi n’ikibuga cy’indege cya Bukavu giherereye i Kavumu muri teritware ya Kabare.

Iyi mirwano ngo yumvikanyemo uguturika kw’intwaro ziremereye n’izoroheje, ariko nyamara uru ruhande rwa Leta ya Congo rugizwe n’ingabo za FARDC, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR na yo yashyizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, bakizwa n’amaguru.

Ku rundi ruhande, aya makuru anavuga ko uko guhangana ku mpande zombi byatumye haba uguhunga kudasanzwe ku baturage batuye hafi n’ahaberaga imirwano.

Abahungaga babaga bavuye i Katana, Cirehe n’i Kabushwa. Bakaba barimo bahungira mu bindi bice bitekanye nk’uko bivugwa.

Iri hangana rikaze ku mpande zombi, ryaje rikurikira indi mirwano yabaye mu mpera zakiriya cyumweru gishize, aho yo yabereye mu duce duherereye hafi na gace ka Nyangenzi werekeza mu misozi.

Nubwo uruhande rwa Leta arirwo rutangira kugaba ibi bitero kuri uyu mutwe wa AFC/M23 n’uwa Twirwaneho ntibibuza ko iyi mitwe yombi iruha isomo rikomeye kandi ikanakomeza kwagura ibirindiro byayo.

Hari amashusho yatangiye guhererekanywa ku mbugankoranyambaga mu ijoro ryo ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, yagaragazaga imirambo myinshi n’imivu y’amaraso y’Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo mu bice byabereyemo imirwano hariya hafi ni Nyangenzi.

Hagataho, kugeza ubu iri huriro rya AFC/M23 riracyagenzura turiya duce twaberagamo imirwano.

Imirwano ikomeje kubica bigacika mu gihe i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by’imishyikirano hagati ya AFC/M23 na RDC.

Ibi biganiro kuri iyi nshuro byatangiye ku wa kane wakiriye cyumweru gishize, kugeza ubu biracyarimo. Impande zombi ziri kurebera hamwe icyafasha kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Congo.

Tags: AFC/m23ImirwanoKabareKahunga
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Sosiyete Sivile yasabye Perezida Tshisekedi guhagarika burundu gahunda ya referendum...

Read moreDetails

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale Minembwe Capital News Le gouvernement de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe Minembwe Capital News Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwamagana icyemezo cya...

Read moreDetails

AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous »

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous »

AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous » L’Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) a dénoncé une anomalie...

Read moreDetails

LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la compagnie

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la compagnie

LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la...

Read moreDetails
Next Post
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?