Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 29, 2025
in Conflict & Security
0
Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.
148
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

You might also like

Amerika yikomye umutwe wa M23.

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

M23 yafashe utundi duce twinshi two muri Kivu y’Amajyepfo.

Mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hari indege yahakoreye impanuka yashakaga kwitura ku kibuga cyaho.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, aho avuga ko iyi ndege yahushije ubwo yari giye kwika hasi ku kibuga cyayo kiri ku Kiziba igwa hakurya ku w’i Gishigo.

Ubu butumwa bugira buti: “Hari indege yarije kwitura ku kibuga cy’indege cya Kiziba, irahusha igwa hakurya ku w’i Gishigo.”

Bwongeye buti: “Iyi ndege yangiritse ku ibaba ryayo ry’iburyo, ariko nta muntu wayiguyemo, usibye umwe mu bakozi bayo wayikomerekeyemo, ariko bitari cyane.”

Ni ubutumwa bukomeza buvuga ko kuri ubu iriya ndege bari kuyikora, kugira ngo ikomeze ibikorwa byayo.

Umwe mu baturage uherereye muri ibyo bice wavuganye na Minembwe Capital News yatubwiye ko atazi ubwoko bw’iyi ndege, ariko ko ariy’ishirahamwe rya Pamu rishyinzwe ibiryo mu muryango w’Abibumbye.

Ati: “Sinzi ubwoko bwayo, ariko si kajugujugu. Ni ya Pamu.”

Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 29/06/2025.

Binavugwa ko yari ivuye i Bukavu ku murwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ikaba yarigemuye ibiryo ku baturage bagiye bakurwa mu byabo mu bice binyuranye bya Minembwe kubera intambara zayogoye aka gace.

Ku rundi ruhande haratinywa ko drone y’Ingabo za Congo ishobora kuyigabaho igitero, mu gihe ikirimo gukorwa, nk’uko n’ubundi uyu muturage yabivuze, ati: “Turatinya ko drone y’Ingabo za RDC zayirasaho. Icyo n’icyo kibazo giteye impungenge, kuko kwangirikaho nta bwo yangitse cyane. Ni akabazo gato yagize kw’ihembe ryayo.”

Tags: ImpanukaMinembwePamu
Share59Tweet37Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Amerika yikomye umutwe wa M23.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

Amerika yikomye umutwe wa M23. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zibinyujije muri Ambasaderi wayo muri L'oni, Dorothy Shea, yatangaje ko umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa ugize igihe...

Read moreDetails

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi. Imirwano yo gusubiranamo kwa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke, muri secteur y'i Lelenge, teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo,...

Read moreDetails

M23 yafashe utundi duce twinshi two muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

M23 yafashe utundi duce twinshi two muri Kivu y'Epfo. Haravugwa imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'abarwanyi bo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n’ubu bari kurasana byakaze ibyabo.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Rwongeye kwambikana bikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23.

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n'ubu bari kurasana byakaze ibyabo. Abarwanyi bava mu bwoko bw'Abapfulelo bafite itsinda rizwi nka Biroze-Bishambuke basubiranyemo baramarana, nyuma yo kwica umukobwa mwenewabo wa Colonel Ngomanzito Umuyobozi...

Read moreDetails

RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n’isoni.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n’isoni.

RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n'isoni. I Butembo ho muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hari abasirikare 45 ba...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Umukuru w'igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?